Abahanzi bahagurukije abitabiriye Rwanda Day
Abahanzi batandukanye basusurukije abibabiriye Rwanda Day mu Buholandi, nk’uko bavuga ko ari ukubakumbuza igihugu cyabo.
Diane Teta, Meddy mu ndirimbo a ati:‘twazamutse imisozi’, King James, Thierry Haguma n’abandi basusurukije ibihumbi by’abitabiriye.
Mbere yo kurira indege, Intore Masamba yari yatangarije Kigali Today ko yizera ko indirimbo ze zigira ku Banyarwanda. Ati “Nemera ko indirimbo zanjye zigira uruhare mu gukumbuza abanyarwanda baba mu mahanga igihugu cyabo, kandi zatumye benshi baza.”
Massamba ari mu bahanzi baza gutaramira ibihumbi by’abanyarwanda bari kumwe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame i Amsterdam mu Buhoalndi.
Simon Kamuzinzi
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Mureke mbabwirepe ubu iyonsomye amakuru ashima kagame wacu numva nkunda kumwumva avuga numva utuntu mumubiri mwajye tumeze nkudushagarira ahantuho ,kagame > i love you _i love you ......... imana yamuduhaye kanayo ngo hav ner good thenk you