Zambia: Perezida Kagame yitabiriye umuhango wo gufungura ishami rya SDGs

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, akaba n’umuyobozi w’ikigo nyafurika cy’Intego z’iterambere rirambye (SDGs) yageze i Rusaka muri Zambia.

Perezida Kagame arafatanya na mugenzi we wa Zambia Edgar Lungu mu muhango wo gufungura ishami ry’icyo kigo cya SDGs rigenewe agace ka Afurika y’Amajyepfo, iryo shami rikaba rifite icyicaro i Rusaka muri Zambia.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka