Perezida Kagame yahaye ikaze Ambasaderi wa Tanzania n’uwa Libya mu Rwanda

Perezida Paul Kagame, mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Mata 2022, yakiriye mu biro bye (Village Urugwiro), impapuro zemerera ba Ambasaderi ba Tanzania na Libya guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.

Ambasaderi wa Libya, Ibrahim Sidy Ibrahim Matar, ashyikiriza Perezida Kagame impapuro zimwemerera guhagararira igihugu cye mu Rwanda
Ambasaderi wa Libya, Ibrahim Sidy Ibrahim Matar, ashyikiriza Perezida Kagame impapuro zimwemerera guhagararira igihugu cye mu Rwanda
Ambasaderi wa Tanzania, Major General Richard Mutayoba Makanzo na we yakiriwe na Perezida Kagame
Ambasaderi wa Tanzania, Major General Richard Mutayoba Makanzo na we yakiriwe na Perezida Kagame
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka