Perezida Kagame yahaye ikaze Ambasaderi wa Tanzania n’uwa Libya mu Rwanda
Yanditswe na
Malachie Hakizimana
Perezida Paul Kagame, mu masaha y’umugoroba kuri uyu wa Gatatu tariki 06 Mata 2022, yakiriye mu biro bye (Village Urugwiro), impapuro zemerera ba Ambasaderi ba Tanzania na Libya guhagararira ibihugu byabo mu Rwanda.

Ambasaderi wa Libya, Ibrahim Sidy Ibrahim Matar, ashyikiriza Perezida Kagame impapuro zimwemerera guhagararira igihugu cye mu Rwanda

Ambasaderi wa Tanzania, Major General Richard Mutayoba Makanzo na we yakiriwe na Perezida Kagame


Ohereza igitekerezo
|