Perezida Kagame yageze i Dakar muri Senegal (Amafoto)

Perezida wa Repubulika Paul Kagame ari i Dakar muri Senegal, aho yitabiriye umuhango wo kurahira kwa mugenzi we w’icyo gihugu, Macky Sall.

Perezida Macky Sall ararahira kuri uyu wa kabiri tariki 02 Mata 2019.

Ararahirira kuyobora Senegal muri manda ye ya kabiri y’imyaka itanu, nyuma yo kwegukana intsinzi mu matora yabaye tariki 24 Gashyantare 2019, aho yabonye amajwi 58,26%.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka