Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Guteza imbere Siyansi bizagira uruhare mu iterambere ry’Igihugu - Dr. Edouard Ngirente
Kugira ubumenyi bw’ikoranabuhanga bizafasha urubyiruko kwihangira imirimo
UN Rwanda yibutse abari abakozi bayo bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
Ku munsi w’umurimo, urubyiruko rwasabye ko ikoranabuhanga ryiyongera kugira ngo rubone akazi