
Dr. Isaac Munyakazi wahoze ari Umunyambanga wa Leta muri Minisiteri y’Uburezi ushinzwe amashuri abanza n’ayisumbuye, kuri iki cyumweru byatangajwe ko yirukanywe no mu ishyaka PDI kubera ayo makosa yakoze.
Perezida Kagame ubwo yagezaga ijambo ku bitabiriye umwiherero wa 17 w’Abayobozi, yasobanuye ko Munyakazi ashinjwa kurya ruswa y’ibihumbi 500 by’Amafaranga y’u Rwanda kugira ngo ashyire ikigo cy’amashuri mu icumi bya mbere byatsindishije abanyeshuri neza, nyamara icyo kigo cyari cyaje mu by’inyuma.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Report ya United Nations yerekana ko Ruswa imunga Ubukungu bw’isi ku kigero cya 3.6 Trillions USD buri mwaka.Ibyo bihwanye na Rwanda National Budget y’imyaka hafi 1 000 !!!.World Bank yerekana ko abantu na companies batanga Ruswa ingana na 1 Trillion USD buri mwaka.Nubwo ntacyo Leta zidakora ngo zirwanye Ruswa,ndetse na UN igashyiraho Umunsi wo “kurwanya ruswa” (le 09/December),ntacyo bishobora gutanga.Kubera ko n’abayirwanya nabo barya Ruswa.Amaherezo azaba ayahe?Umuti w’ibibazo byose byananiye abantu,tuwusanga muli bibiliya,kandi uwo muti urizewe cyane kuko watanzwe n’Imana yaturemye.Yashyizeho Umunsi wa nyuma,ubwo izakura mu isi abantu bose bakora ibyo itubuza.Niwo muti rukumbi.