Umwenda ukoze mu icebe ry’inka

Umuhanga mu by’ibyimyambarire ukomoka mu gihugu cy’u Bwongereza witwa Rachel Freire aherutse gushyira ahagaragara umwambaro udasanzwe kuko ukoze mu mabere y’inka cyane cyane yibanda ahari imoko (cow’s nipple).

Ikinyamakuru Daily Mail gitangaza ko uyu mwenda washyizwe ahagaragara mu gihugu cy’u Bwongereza mucyo bita London Fashion Week.

Rachel Freire avuga uwo mwenda yawukoze yifashishije amacebe y’inka agera ku bihumbi bitatu.

Uyu mwenda uje ukurikira uwakozwe mu nyama z’iroti wambawe bwa mbere n’umuhanzi Lady Gaga. Uwitwa Nguyen Minh Tuan we yakoze ikanzu mu dukingirizo tugera kuri 700.

Nguwo umwenda ukoze mu icebe ry'inka
Nguwo umwenda ukoze mu icebe ry’inka
Iyo ni ikanzu ikozwe mu mabere y'inka
Iyo ni ikanzu ikozwe mu mabere y’inka

Egide Kayiranga

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Hummm, abakize n’abahanga barakimara koko! Nibaberwe!

Ad yanditse ku itariki ya: 22-03-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka