Rubavu: Umugabo yashizemo umwuka igihe yari aryamanye n’abagore babiri
Uwitwaga Ntawugoruwanga Mose wo mu kagari ka Butaka mu murenge wa Bugeshi mu karere ka Rubavu yitabye Imana ku itariki ya 02/09/2013 ya azize kurarana n’abagore babiri nkuko bitangazwa n’abaturage bo mu murenge wa Bugeshi.
Aba bagore ngo bamubajije niba kujyana nawe bitatera ikibazo abo mu rugo rwe, ababwira ko yibana wenyine bityo bakaba badakwiye kwikanga uko bari bwakirwe, ni uko bahita bemera gutahana nawe.
Ngo mu ijoro yakoranye imibonano n’abo bagore, ariko ngo yashizemo umwuka amaze kuryamana n’abagore babiri, uwa gatatu batararyamana. Aba bagore uko ari batatu bari kumwe nawe bavuga ko yazize kunanirwa kugeza apfuye.
Ubu umurambo wa Ntawugoruwanga Mose uri ku bitaro bya Rubavu, ahagomba kurebwa icyamwishe n’ubwo abaturage bose bari kwemeza ko ngo yazize kuryamana n’abagore babiri icyarimwe.
Ibitaro bya Rubavu ntibirashyira ahagaragara icyamuhitanye kuko umuyobozi w’ibitaro bya Rubavu Dr.Kanyenkore yabwiye Kigali Today ko ntacyo yatangaza ku rupfu rw’uyu mugabo kuko yageze kwa muganga yapfuye.
Uyu muyobozi w’ibitaro yabwiye Kigali Today ko polisi y’igihugu ariyo isuzuma umurambo wa nyakwigendera ikazatangaza icyo umuntu yazize. Muganga Kanyankole ariko yabwiye Kigali Today ko kuba umuntu yapfa aryamanye n’umugore bishobora kubaho mu gihe uwo muntu aba arwaye umutima cyangwa yanyoye imiti itera imbaraga ikaza gutuma umutima uhagarara iyo adakorewe ubutabazi bwihuse.
Aba bagore bavugwa kuba bararyamanye na nyakwigendera bari mu maboko ya polisi naho umurambo wa nyakwigendera uracyari mu bitaro bya Rubavu n’ubwo ibi bitaro bidafite ubushobozi bwo kuwusuzuma ngo abone gushyingurwa.
Sylidio Sebuharara
Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
Nabandi baracapfa. Igisubizo: Nimuhebe guswerana. Imana iravyanga
agapfa kaburiwe nimbongo ndabwo warongora abagore batatu ngubeho umusigumwe
warongora abagore batatu umusi gumwe kereka ubukunguzi
ISI IRIMUMAREMBERA,UWOMUGABO NIKAZIKORAHO,NTABWO AZIKO(IGITUBA) ARIKIBI! IMPAMVU,MVUGAKO ARIKIBI,NUKOKIMAZEGUHITANABENSHI.MURASWERE,MURIMENGE.
ahaaaaa n’amahano peee? ese udatinye IMANA nti watinya na SIDA ? muhaguruke dusenge n’ahubundi birarenze.
Erega n’umugore umwe yakugora ukabira ibyuya! Uzi ko hari ushobora kukigarika hariya wayishoramo ikinjiranamo namapine (amabya) neza neza!! Buriya uwo wakabiri yari Kasha, ni umwe ukubwira ngo cumve mwa, ubanze ukigeremo neza ugashiduka hasigaye amaguru gusa! Bene icyo kirinjirwa ntigisohokwa!
umenya bya bintu biryoha pe! nanjye ngiye kuzagerageza.
UWO MUGABO BISHOBOKE KO YARI YANYOYE IMITI Y’ABAKINYI BA PRONO BIGAHURIRAMO N’ISAHA YE YOGUPFA. NAHO UBUNDI NTIBARENGANYE ABO BAGORE NGO NI IBITUBA BYAMWISHE.
Ibi birababaje kuko byerekana ko abantu bakora imibonanno mpuzabitsina nta gahunda, none se abo bagore bose bemeye ariyo gahunda yabazanye, uwapfuye yarangije urwe, uretse ko yapfuye urwo baganira naho abo bagore kimwe n’abandi bateye batyo Uwiteka abagirire neza. Ni ugukorera aho ugeze peee, amahirwe nta mubyeyi ubarimo byari kuba akaga ku bana babo.
Imana imuhe iruko ridashira,ariko wowe uvuga ngo iyo aryamana n’umwe,uzi ukuntu icy’abarenze umwe kiryoha!
Mbega rwigerezaho? Ni Ntawugororuwanga koko. Icyo kintu cyo hagati yamaguru ni icyo kwitondera man! Batatu bose, kereka ufite inkaka nk’iyikimasa nayo kandi ukajya uzingura agace agace ku buryo buri wese agira ake!! Naho kubapandira rimwe uhasiga ubuzima nta kundi. Nabe agiye kudutegurira ibyicaro kwa Satani twese nirwo rugendo!
ibintu byubusambanyii birakabije harinundi uherutse gufatana none abantu nibirinde ubusambanyi