Brezil: Umwana w’umuhungu yapfuye azize kwikinisha

Umwana w’umuhungu w’imyaka 16 y’amavuko wo mu gihugu cya Brezil yitabye Imana amaze kwikinisha inshuro 42 zikurikiranyije.

Nyina wa nyakwigendera yatangaje ko yari asanzwe azi neza ko uyu mwana we afite umuco karande wo kwikinisha (mastrubation) ndetse ngo yari afite gahunda yo kujya kureba muganga umuvura ariko ntibyashobotse.

Uyu muhungu wo mu mujyi wa Rubiato yari yatangiye kwikinisha ku isaha ya saa sita z’ijoro, arakomeza mu ijoro ryose kugeza ubwo yaje kuvamo umwuka;nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa internet rwa m24digital.com.

Bamwe mu banyeshuri biganaga na nyakwigendera nabo bari bazi ko afite aka kageso ko kwinisha ndetse ngo yahoraga abasaba ko bakoresha camera bakareba uko arimo kwikinisha. Abo yakundaga kubwira ibi, ni abana b’abakobwa.

Uyu muhungu kandi ngo yakundaga by’ikirenga abakobwa atitaye ku isura, imyaka yabo cyangwa indeshyo, ntiyatinyaga kandi kuba yakwereka abagore bakuze ko abakunda byimazeyo.

Mu cyumba cy’uyu muhungu basanzemo amashusho atandukanye y’urukozasoni n’amafoto y’abakobwa bambaye ubusa.

Benjamin Nyandwi

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 16 )

Yewe Ndumva Arikibazo Kubiheba. Ariko Uwo Sivyo Vyonyene Vyamwishe

Jules yanditse ku itariki ya: 11-08-2017  →  Musubize

IMANA IMWAKLE MUBAYO NANGEFI TEIKIBAZOCYOKWIKINISHA NABITANGIYE FITE IMYAKA 8 NONEFITE 18 MUNGIRE INAMA KUBIREKA BYARANZEPEE??

mukunz yanditse ku itariki ya: 5-07-2017  →  Musubize

Imana imwakire mubayo kbs?

Eric yanditse ku itariki ya: 30-06-2017  →  Musubize

Ababikora Nimuze Tubireke. Twohana !!

Alias yanditse ku itariki ya: 21-01-2017  →  Musubize

Ababiko Nimuze Tubihebe

Alias yanditse ku itariki ya: 21-01-2017  →  Musubize

IMANA IFASHE ABANZE KUBIREKA MAZE BABIVEHO

TUYISENGE yanditse ku itariki ya: 27-02-2014  →  Musubize

YEBABA WE!IBI BIRABABAJE.BITYO RERO NUBWO UWABIKOZEHO BITOROSHYE KUBIVAMO, SO PLEASE TUGERAGEZE.THANKS TO READ THAT MESSAGE.

BYUKUSENGE FAUSTIN FROM NYIRANGARAMA yanditse ku itariki ya: 3-10-2013  →  Musubize

Kabisa iyoningesombi nubwokuyivamo bitoroshye nugukomeza umurego kuko yakwangiza benshi ababikoresha nukureba utundidukino twabahuza nabandibagenzibabo bakirinda kujya ahobaba baribonyine kuko urikumwe n,abandi ntabwowagira igitekerezo cyokwikinisha

Nkurunziza Deo yanditse ku itariki ya: 3-05-2013  →  Musubize

Kabisa iyoningesombi nubwokuyivamo bitoroshye nugukomeza umurego kuko yakwangiza benshi ababikoresha nukureba utundidukino twabahuza nabandibagenzibabo bakirinda kujya ahobaba baribonyine kuko urikumwe n,abandi ntabwowagira igitekerezo cyokwikinisha

Nkurunziza Deo yanditse ku itariki ya: 3-05-2013  →  Musubize

Mnana yanjye ni dange kuko nahano iwacu murwanda cyane muba scolaire bireze,abwirwa benshi akumva beneyo,murakoze.

Chef yanditse ku itariki ya: 11-10-2012  →  Musubize

si byiza kwinisha kuko nabandi basanzwe babikora bigomba kubabera isomo IMANA imwakire mubayo

turatsinze bienfait yanditse ku itariki ya: 18-09-2012  →  Musubize

IMANAIMUHEIRUHUKORIDASHIRA

MUNYEMANA yanditse ku itariki ya: 17-09-2012  →  Musubize
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka