Brezil: Umwana w’umuhungu yapfuye azize kwikinisha
Umwana w’umuhungu w’imyaka 16 y’amavuko wo mu gihugu cya Brezil yitabye Imana amaze kwikinisha inshuro 42 zikurikiranyije.
Nyina wa nyakwigendera yatangaje ko yari asanzwe azi neza ko uyu mwana we afite umuco karande wo kwikinisha (mastrubation) ndetse ngo yari afite gahunda yo kujya kureba muganga umuvura ariko ntibyashobotse.
Uyu muhungu wo mu mujyi wa Rubiato yari yatangiye kwikinisha ku isaha ya saa sita z’ijoro, arakomeza mu ijoro ryose kugeza ubwo yaje kuvamo umwuka;nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa internet rwa m24digital.com.
Bamwe mu banyeshuri biganaga na nyakwigendera nabo bari bazi ko afite aka kageso ko kwinisha ndetse ngo yahoraga abasaba ko bakoresha camera bakareba uko arimo kwikinisha. Abo yakundaga kubwira ibi, ni abana b’abakobwa.
Uyu muhungu kandi ngo yakundaga by’ikirenga abakobwa atitaye ku isura, imyaka yabo cyangwa indeshyo, ntiyatinyaga kandi kuba yakwereka abagore bakuze ko abakunda byimazeyo.
Mu cyumba cy’uyu muhungu basanzemo amashusho atandukanye y’urukozasoni n’amafoto y’abakobwa bambaye ubusa.
Benjamin Nyandwi
Ibitekerezo ( 16 )
Ohereza igitekerezo
|
Yewe Ndumva Arikibazo Kubiheba. Ariko Uwo Sivyo Vyonyene Vyamwishe
IMANA IMWAKLE MUBAYO NANGEFI TEIKIBAZOCYOKWIKINISHA NABITANGIYE FITE IMYAKA 8 NONEFITE 18 MUNGIRE INAMA KUBIREKA BYARANZEPEE??
Imana imwakire mubayo kbs?
Ababikora Nimuze Tubireke. Twohana !!
Ababiko Nimuze Tubihebe
IMANA IFASHE ABANZE KUBIREKA MAZE BABIVEHO
YEBABA WE!IBI BIRABABAJE.BITYO RERO NUBWO UWABIKOZEHO BITOROSHYE KUBIVAMO, SO PLEASE TUGERAGEZE.THANKS TO READ THAT MESSAGE.
Kabisa iyoningesombi nubwokuyivamo bitoroshye nugukomeza umurego kuko yakwangiza benshi ababikoresha nukureba utundidukino twabahuza nabandibagenzibabo bakirinda kujya ahobaba baribonyine kuko urikumwe n,abandi ntabwowagira igitekerezo cyokwikinisha
Kabisa iyoningesombi nubwokuyivamo bitoroshye nugukomeza umurego kuko yakwangiza benshi ababikoresha nukureba utundidukino twabahuza nabandibagenzibabo bakirinda kujya ahobaba baribonyine kuko urikumwe n,abandi ntabwowagira igitekerezo cyokwikinisha
Mnana yanjye ni dange kuko nahano iwacu murwanda cyane muba scolaire bireze,abwirwa benshi akumva beneyo,murakoze.
si byiza kwinisha kuko nabandi basanzwe babikora bigomba kubabera isomo IMANA imwakire mubayo
IMANAIMUHEIRUHUKORIDASHIRA