Umukozi woza umuturirwa yarangaje abagenzi i Musanze (Amafoto)
Yanditswe na
Jean Pierre Twizeyeyezu
Bamwe mu batuye n’abakorera mu Mujyi wa Musanze byababereye nk’igitangaza ubwo babonaga abantu biziritse imigozi bari gusukura ibirahure by’umuturirwa wa RSSB uri muri uwo mujyi.

Bari bumiwe batangajwe n’ibyo uwo mukozi ari gukora
Mu ma saa saba zo kuri uyu wa gatatu tariki ya 20 Nzeli 2017, nibwo hari hari abantu bahagaze bashungereye, batangajwe n’ibyo uwo mukozi akora.



Ohereza igitekerezo
|
nous avons besoin des gens pareils camme ceux-là pour que le pays évolue. courage pour eux.
Ibi ni sawa kuko kazi ni kazi gusa barabe bari muri SORAS y’ ubuzima , kuko ndabona uriya mugozi wabakoresha impanuka !
abo bantu barakabije pe barabasha
bariya bantu nabo barakaze pee
Musanze irasobanutse
bafite igihe
arikose kigali today yoiyi ni inkuru cg ni ukudupfunyikira amazi ? birababaje nta kintu nkuyemo njyewe rwose
Babuze ibyo gukora
N’ubundi n’uko ari mu ntara i Kigali bimaze Imyaka irenga cumi bikorwa kuriya.
abobantu barashoboye pe ahubwo nukubaha amaza yose yimitamenwa bakajya bayoza ibirahure byanshimishije cyane kuko sinarinzi ko nibi byokoza inzu bakoresheje imigozi mu Rwanda rwacu byahageze
ibi byose nukubera imiyoborere myiza y’umubyeyi wacu Paul Kagame turamukunda cyane kuko atugezaho byinshi byiza
abo basore barikoza inzu mukomerezaho ahubwo natwe muzatwigishe murakoze nimugire amahoro ya kristo
Augustin hana uwo nyakubahwa wawe ajemo ate reba ifoto neza kuko nta Paul Kagame urimo hano
Twibuke ko imusanze ari mucyaro buriya nubwambere babibonye niyo mamvu batangaye
Ngo Musanze ni mu cyaro cya he? Barakubaza ibitera imbere uti ni mu cyaro, mu cyaro cy’iwanyu hameze nka Musanze? mujye mureka gusebanya, ahubwo vuga uti Komerezaho MUSANZE kura ukomeze uje mbere.