Umukozi woza umuturirwa yarangaje abagenzi i Musanze (Amafoto)

Bamwe mu batuye n’abakorera mu Mujyi wa Musanze byababereye nk’igitangaza ubwo babonaga abantu biziritse imigozi bari gusukura ibirahure by’umuturirwa wa RSSB uri muri uwo mujyi.

Bari bumiwe batangajwe n'ibyo uwo mukozi ari gukora
Bari bumiwe batangajwe n’ibyo uwo mukozi ari gukora

Mu ma saa saba zo kuri uyu wa gatatu tariki ya 20 Nzeli 2017, nibwo hari hari abantu bahagaze bashungereye, batangajwe n’ibyo uwo mukozi akora.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 13 )

nous avons besoin des gens pareils camme ceux-là pour que le pays évolue. courage pour eux.

izabayo Thacien yanditse ku itariki ya: 11-11-2018  →  Musubize

Ibi ni sawa kuko kazi ni kazi gusa barabe bari muri SORAS y’ ubuzima , kuko ndabona uriya mugozi wabakoresha impanuka !

Mukandayishimiye jeannette yanditse ku itariki ya: 23-10-2017  →  Musubize

abo bantu barakabije pe barabasha

tuyizere yvonne yanditse ku itariki ya: 17-10-2017  →  Musubize

bariya bantu nabo barakaze pee

james yanditse ku itariki ya: 8-10-2017  →  Musubize

Musanze irasobanutse

njd yanditse ku itariki ya: 28-09-2017  →  Musubize

bafite igihe

alias yanditse ku itariki ya: 28-09-2017  →  Musubize

arikose kigali today yoiyi ni inkuru cg ni ukudupfunyikira amazi ? birababaje nta kintu nkuyemo njyewe rwose

dady yanditse ku itariki ya: 22-09-2017  →  Musubize

Babuze ibyo gukora

Shukuru N yanditse ku itariki ya: 21-09-2017  →  Musubize

N’ubundi n’uko ari mu ntara i Kigali bimaze Imyaka irenga cumi bikorwa kuriya.

Lambert yanditse ku itariki ya: 21-09-2017  →  Musubize

abobantu barashoboye pe ahubwo nukubaha amaza yose yimitamenwa bakajya bayoza ibirahure byanshimishije cyane kuko sinarinzi ko nibi byokoza inzu bakoresheje imigozi mu Rwanda rwacu byahageze

ibi byose nukubera imiyoborere myiza y’umubyeyi wacu Paul Kagame turamukunda cyane kuko atugezaho byinshi byiza

abo basore barikoza inzu mukomerezaho ahubwo natwe muzatwigishe murakoze nimugire amahoro ya kristo

Augustin yanditse ku itariki ya: 20-09-2017  →  Musubize

Augustin hana uwo nyakubahwa wawe ajemo ate reba ifoto neza kuko nta Paul Kagame urimo hano

Shukuru N yanditse ku itariki ya: 21-09-2017  →  Musubize

Twibuke ko imusanze ari mucyaro buriya nubwambere babibonye niyo mamvu batangaye

harerimana viateur yanditse ku itariki ya: 20-09-2017  →  Musubize

Ngo Musanze ni mu cyaro cya he? Barakubaza ibitera imbere uti ni mu cyaro, mu cyaro cy’iwanyu hameze nka Musanze? mujye mureka gusebanya, ahubwo vuga uti Komerezaho MUSANZE kura ukomeze uje mbere.

RWAJE yanditse ku itariki ya: 21-09-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka