Umugabo uca agahigo mu kugira inyubahiro nini ngo ahura n’ibibazo byo kugenda mu ndege
Jonah Falcon, umugabo uca agahigo mu kurusha abandi bagabo igitsina kirekire ngo abangamirwa cyane no kugenda mu ndege kuko igihe cyose agiye gukora urugendo mu ndenge bamusaka igihe kinini kubera igitsina cye.
Uyu mugabo ufite imyaka 41 y’amavuko afite inkoresho ipima 22,86 cm mu bihe bisanzwe igapima 33,5 cm mu gihe yafashe umurego.
Mu gihe abandi bagabo bafata kugira igitsina kirerekire nk’amahirwe, Falcon yatangarije Huffington Post ko ari akaga kugira igitsina nk’icyo kuko ngo gituma bamutindana bamusaka igihe agiye kujya mu ndege bamukekaho kuba yahishe imbunda nto mu ipantaro.
Tariki 09/07/2012, ngo yahuye n’isaka ridasanzwe ku kibuga cy’indege cya San Fransisco. Agira ati « Umwe mu bashinzwe umutekano yambajije niba nta kintu kiri mu mufuka wanjye ndamwikiriza ariko ntiyabyemeye».
Byabaye ngombwa ko uyu mugabo babanza kumucisha mu cyuma gituma bashobora kubona umubiri we wose mbere y’uko bemera ko nta kintu ahishe mu ipantaro ye.
Uyu mugabo usanzwe ari umukinnyi w’amafilimi ngo ntakunda na gato icyatuma agaragara nk’uwambaye ubusa nubwo hari abahora babimwingingira ngo bamuhe n’amafaranga.
Agira ati «Ni ubwo nkina amafilimi nsanzwe nigirira isoni ku buryo biramutse binabaye ngombwa ko nkina nambaye ubusa byaba ku bw’amategeko na bwo kandi muri filimi isanzwe».
Niyonzima Oswald
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
IYOMBOROYENDAKUNGANANKIYUMUGABOWANGEARKIYOANDIHOMBANENDAGUPFA
ICYAMPA INKORESHO NKIYUYU MUGABO NDABONA NAKWITWARA NEZA NTA MUGORE WANSUZUGURA KUKO BAZAJYA BARWANIRA NGO MBATOSE,ARIKO NDABONA ANDUSHA CM NKEYA.