Nigeria: Umusore w’imyaka 27 yashyingiranywe n’umukecuru w’imyaka 83
Mu gihugu cya Nigeria haravugwa inkuru y’umusore w’imyaka 27 yashyingiranywe n’umukecuru w’imyaka 83 y’amavuko. Nibwo amazina yabo atatangajwe, benshi bemeje ko wabonaga uyu musore asa nk’aho yakoranye ubukwe na nyirakuru.
Ubu bukwe bumaze iminsi mike bubaye, benshi baketse ko uyu musore ashobora kuba ataricaye ngo arebe neza uwo bagiye kurwubakana. Ikindi kandi ngo ntibazi impamvu yatumye uwo musore afata icyemezo cyo gushyingiranywa n’umuntu wamubera nyirakuru.
Abantu baribaza niba uyu musore yarashatse umugore wo kubyara cyangwa yaramushakiye ikindi, ariko ikigaragara nuko uyu mugore yashatse adashobora kubyara ku myaka 83 y’amavuko.
Gushakana ku bantu barushanya imyaka ku buryo bugaragara ngo biragenda bimenyerwa mu gihugu cya Nigeria; nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru onlinenigeria.com.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
Oya di mwishinyagura ahubwo birazwi ko muri kiriya gihugu bakora ibintu bibiri ku buryo bweruye, iyo usenga ubukora utigizankana waba uri umupagani ugategekwa n’amadayimoni imigenzo myinshi itandukanye, harimo nk’iyo yo gushaka uwo mutandukanye ku buryo buri wese akwibazaho, guhindura abana bawe ibigoryi, kutaryamana n’umugore wawe ukunda ukamuharira amashetani n’ibindi nk’ibyo bityo ugatunga ugatunganirwa. Muzasome igitabo cy’uwitwa Emmanuen Enni cyitwa "Delivered from the powers of darkness". Ahubwo namwe nabagira inama yo guhungira muri Yesu naho ubundi muzisanga murongora injangwa cyangwa murongorwa n’imbwa!
ntimuziko amaso akunda atabona neza kdi imyete y’uwukunda uyibonamo amaribori buriya uriyamusore yarebaga umukunzi we akabona ari mwana douzans ariko uyurebye ubona byamuteye isoni nawe kuko harikibyihishe inyuma
Mu rukundo igikenerwa kurusha ibindi ni affection niba mukecuru ayimuha ikibazo kirihe’ akajumba gahonze sha niko karyoha kandi ngo agashitsi kavumbika umuriro.
Mu rukundo igikenerwa kurusha ibindi ni affection niba mukecuru ayimuha ikibazo kirihe’ akajumba gahonze sha niko karyoha kandi ngo agashitsi kavumbika umuriro.
Agombe kuba amuzi ho cash.cgw nyine ni "refoulement"
Birashoboka ko uyumusore ashobora kuba yarabuze nyina akiri muto bikaba byaratumye iyo abonye umuntu mukuru aribwo yumva anezerewe niwe aba abona wamuha affection urukundo muri psychologie byitwa projection cyangwa refoulement.ubwo se aracyashakisha iki mu gituba cyavuyemo abana nk’icyenda bose arabona atarugutunga urutoki mu kirere?niba atarariye inzaratsi yamukurikiranyeho agafaranga.naho igituba cyo cyarakanyaraye.cyangwa arwaye mumutwe.umuntu waciye imbyaro azamukoreshiki? Ko tureba amatako meza yabakobwa kubera amalibori ubwo we arebiki kuri iyo myaka.