Kigali: Umugore yarangaje abantu kubera udukoryo afite muri ruhago (Photos&Video)
Umugore ukomoka muri Tanzania ufite ubuhanga mu gukina umupira w’amaguru yagaragaye mu Mujyi wa Kigali yarangaje abantu kubera “udukoryo” yakoraga.

Uwo mugore witwa Kadhara Charles, yari ari mu Mujyi wa Kigali rwagati hafi y’umuturirwa wa Kigali City Tower mu gace kazwi nka “Quartier Commercial”, kuri uyu wa gatatu tariki ya 02 Ugushyingo 2017.
Yambaye umupira utukura, ipantalo ya ‘jeans” y’ubururu n’umupira w’amaguru mu ntoki, abantu bamuhaga amafaranga akabereka udukoryo dutandukanye akoresheje umupira w’amaguru. Yemeraga gukina iyo bamuhaga 500RWf.
Uko yakomezaga gukina niko abantu buzuraga aho ari bigaragara ko bishimye, yahava bakagenda bamukurikiye bashaka kureba utwo dukoryo akora.






Ibitekerezo ( 12 )
Ohereza igitekerezo
|
NIBYAGACIRO CYANE NAKOMEREZAH KBX
ndabasaba kumenyekanisha mfitindirimbo 9 sindagafata ariko nta vidio nzagura kora umuti
Uyumugore ndabona afite umuti kko udukoryo yerekanye turatangaje,dore nta mwuga udakiza. Niba hari umunyardakazi nawe waba afite impano nkuriya yo kurangaza abantu mu birori atubwire nawe tumujye in you may.
Nihatari nashinge karabu atwigishe tumwishyure.
Courage sport must developed
Hhhhhh uriya mugore nibyaza cyane gukora sport nabandi bagore barebereho ahubundi natwe biriya turabikora kbsa uwo uvuga ngo bakure amaboko mumifuka bakore nta munyarwanda wanga gukora wowe uzabarangire ibyo bakora urebeko bazabyanga thx
Mahungu kuva mukarerekagatsibo
mumurejyewarugarama mumudugudu wakenene
akaba arimugihugucyubugande
ntibitangaje kurijye kwerinabanyamujyi bakarangariribyo mbegaweeeeeee??
uyu mugore amaze igihe kinini akora ibi bintu nibyo bimutunze kuko njyewe muzi DAR ES SALAAM TZ muri 2011 ni umuhanga cyane. ndishimye kubona urwego agezeho. big up mama usichezee kazi chezea mshahala
aratwemeje biriya bikora bake abamupinga bazabigerageze
Abantu bazi kwishakira akazi tuu! urubyiruko rwarangiza rukavuga ngo akazi karabuze mu rwanda. dukure amaboko mumifuka dukore akazi ariko kose nakazi. ubwo se murumva atarabonye icyararira kandi atibye.
Ubu se mwerekanye iki koko kubyuwa mu gore ko ntanisegonda ?
arayabavanamo ye kariya ni job yadanger turayamuha kubwinshi ye