Kigali: Umugore yarangaje abantu kubera udukoryo afite muri ruhago (Photos&Video)

Umugore ukomoka muri Tanzania ufite ubuhanga mu gukina umupira w’amaguru yagaragaye mu Mujyi wa Kigali yarangaje abantu kubera “udukoryo” yakoraga.

Uyu mugore yashimishije abantu bamurebaga
Uyu mugore yashimishije abantu bamurebaga

Uwo mugore witwa Kadhara Charles, yari ari mu Mujyi wa Kigali rwagati hafi y’umuturirwa wa Kigali City Tower mu gace kazwi nka “Quartier Commercial”, kuri uyu wa gatatu tariki ya 02 Ugushyingo 2017.

Yambaye umupira utukura, ipantalo ya ‘jeans” y’ubururu n’umupira w’amaguru mu ntoki, abantu bamuhaga amafaranga akabereka udukoryo dutandukanye akoresheje umupira w’amaguru. Yemeraga gukina iyo bamuhaga 500RWf.

Uko yakomezaga gukina niko abantu buzuraga aho ari bigaragara ko bishimye, yahava bakagenda bamukurikiye bashaka kureba utwo dukoryo akora.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 12 )

NIBYAGACIRO CYANE NAKOMEREZAH KBX

SAFI EMINENTE yanditse ku itariki ya: 30-01-2020  →  Musubize

ndabasaba kumenyekanisha mfitindirimbo 9 sindagafata ariko nta vidio nzagura kora umuti

dancerman yanditse ku itariki ya: 21-08-2019  →  Musubize

Uyumugore ndabona afite umuti kko udukoryo yerekanye turatangaje,dore nta mwuga udakiza. Niba hari umunyardakazi nawe waba afite impano nkuriya yo kurangaza abantu mu birori atubwire nawe tumujye in you may.

Benedicte yanditse ku itariki ya: 20-07-2019  →  Musubize

Nihatari nashinge karabu atwigishe tumwishyure.

Julian yanditse ku itariki ya: 29-10-2018  →  Musubize

Courage sport must developed

AMAN yanditse ku itariki ya: 16-09-2018  →  Musubize

Hhhhhh uriya mugore nibyaza cyane gukora sport nabandi bagore barebereho ahubundi natwe biriya turabikora kbsa uwo uvuga ngo bakure amaboko mumifuka bakore nta munyarwanda wanga gukora wowe uzabarangire ibyo bakora urebeko bazabyanga thx

kamuhanda yassin yanditse ku itariki ya: 13-06-2018  →  Musubize

Mahungu kuva mukarerekagatsibo
mumurejyewarugarama mumudugudu wakenene
akaba arimugihugucyubugande
ntibitangaje kurijye kwerinabanyamujyi bakarangariribyo mbegaweeeeeee??

mahungu yanditse ku itariki ya: 4-12-2017  →  Musubize

uyu mugore amaze igihe kinini akora ibi bintu nibyo bimutunze kuko njyewe muzi DAR ES SALAAM TZ muri 2011 ni umuhanga cyane. ndishimye kubona urwego agezeho. big up mama usichezee kazi chezea mshahala

elie yanditse ku itariki ya: 12-11-2017  →  Musubize

aratwemeje biriya bikora bake abamupinga bazabigerageze

sindikubwab rutsiro yanditse ku itariki ya: 8-11-2017  →  Musubize

Abantu bazi kwishakira akazi tuu! urubyiruko rwarangiza rukavuga ngo akazi karabuze mu rwanda. dukure amaboko mumifuka dukore akazi ariko kose nakazi. ubwo se murumva atarabonye icyararira kandi atibye.

Elie yanditse ku itariki ya: 5-11-2017  →  Musubize

Ubu se mwerekanye iki koko kubyuwa mu gore ko ntanisegonda ?

balon yanditse ku itariki ya: 3-11-2017  →  Musubize

arayabavanamo ye kariya ni job yadanger turayamuha kubwinshi ye

gewe yanditse ku itariki ya: 2-11-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka