Bamaranye amabere amasaha 24, basanga abayagira baragowe
Abagabo babiri bo mu Budage biteje imiti ituma bagira amabere mu gihe cy’amasaha 24 bashaka kumva uko bimera kuba umugore, ngo baza gusanga baragowe.
Aba bagabo ni John na Rasheed bose b’aba DJ babiri n’abashyushyarugamba (animateurs) ba radiyo Jam FM y’i Berlin.
Mu gihe « bamaze ari abagore », aba ba DJ babiri ngo mu byo babashije kubona cyangwa kwiyumvira harimo kuba kwambara isutiye bibangamye, kwiruka na byo bikaba bitorohera ufite amabere.
Bavuze rero ko « isutiye ari umwambaro utamerera neza uwambaye, kandi ko abagore bari bakwiye guhabwa umudari wo kuba bihanganira kuyambara!»
Marie Claire Joyeuse
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
ntekereza ko nubwo bayanga ariko witegereje afite akamaro ndashimira icyo nayeherewe murako
ubwose,iyo atazagusubirayo bibabyaragenze gute?twisubireho kubushakashatsi dukora.
amabere nimabipe najye ndayangape iyo imana ingira umuhungu nari kwishima cyane pepepeeeee ahubwo abahungu bigira abakobwa ntakigenda cyabo bashimire imana yabagize abahungu
amabere nimabipe najye ndayangape iyo imana ingira umuhungu nari kwishima cyane pepepeeeee ahubwo abahungu bigira abakobwa ntakigenda cyabo bashimire imana yabagize abahungu
amabere manini anagora abakobwa nkaswe abagabo batayameyereye.urwishigishiye ararusoma .
Amabere ni meza ikibi ni ukugira BININI BIRUTA TAILLE YAWE
jye ndayakunda uzi iyo bayakoraho ukuntu numva nishimye!!!
NTIMWITE KURI ADRESSE YO SI IYANJYE
Nuko Batabimenyereye.Nahubundi Abagore Twaragowe