Bamaranye amabere amasaha 24, basanga abayagira baragowe

Abagabo babiri bo mu Budage biteje imiti ituma bagira amabere mu gihe cy’amasaha 24 bashaka kumva uko bimera kuba umugore, ngo baza gusanga baragowe.

Aba bagabo ni John na Rasheed bose b’aba DJ babiri n’abashyushyarugamba (animateurs) ba radiyo Jam FM y’i Berlin.

John na Rasheed bitereshejeho amabere ngo bumve uko abagore babaho.
John na Rasheed bitereshejeho amabere ngo bumve uko abagore babaho.

Mu gihe « bamaze ari abagore », aba ba DJ babiri ngo mu byo babashije kubona cyangwa kwiyumvira harimo kuba kwambara isutiye bibangamye, kwiruka na byo bikaba bitorohera ufite amabere.

Bavuze rero ko « isutiye ari umwambaro utamerera neza uwambaye, kandi ko abagore bari bakwiye guhabwa umudari wo kuba bihanganira kuyambara!»

Marie Claire Joyeuse

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 7 )

ntekereza ko nubwo bayanga ariko witegereje afite akamaro ndashimira icyo nayeherewe murako

jeanne yanditse ku itariki ya: 9-12-2014  →  Musubize

ubwose,iyo atazagusubirayo bibabyaragenze gute?twisubireho kubushakashatsi dukora.

mfitumukiza ismael kenzo yanditse ku itariki ya: 7-12-2014  →  Musubize

amabere nimabipe najye ndayangape iyo imana ingira umuhungu nari kwishima cyane pepepeeeee ahubwo abahungu bigira abakobwa ntakigenda cyabo bashimire imana yabagize abahungu

alias yanditse ku itariki ya: 1-12-2014  →  Musubize

amabere nimabipe najye ndayangape iyo imana ingira umuhungu nari kwishima cyane pepepeeeee ahubwo abahungu bigira abakobwa ntakigenda cyabo bashimire imana yabagize abahungu

alias yanditse ku itariki ya: 1-12-2014  →  Musubize

amabere manini anagora abakobwa nkaswe abagabo batayameyereye.urwishigishiye ararusoma .

martin yanditse ku itariki ya: 25-11-2014  →  Musubize

Amabere ni meza ikibi ni ukugira BININI BIRUTA TAILLE YAWE

jye ndayakunda uzi iyo bayakoraho ukuntu numva nishimye!!!

NTIMWITE KURI ADRESSE YO SI IYANJYE

Mulindangabo Valens yanditse ku itariki ya: 25-11-2014  →  Musubize

Nuko Batabimenyereye.Nahubundi Abagore Twaragowe

Mushimiyimana yanditse ku itariki ya: 24-11-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka