Kuri uyu wa gatatu, Inama y’Abepisikopi Gaturika yasohoye itangazo ryamagana itegeko rishya ryo gukuramo inda riherutse kujya hanze, ndetse inasaba amavuriro yayo yose mu gihugu kutazakurikiza iri tegeko.
Ubu ibigo by’imari mu Rwanda bishobora gutangira gusaba inkunga ya miliyari imwe y’amadorali ya Amerika muri Banki Nyafurika y’ibyohererzwa hanze n’ibyinjira ku mugabane (Afrexim), ubundi ibyo bigo nabyo bigatangira gushora imari mu karere.