• Abari barwaye Icyorezo cya Marburg bose barakize

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko abantu bose bari barwaye Icyorezo cya Marburg bakize ndetse mu Cyumweru gishize nta muntu n’umwe wigeze acyandura.



  • Uwakize icyorezo cya Marbrg agomba kwirinda kuko aba ashobora kwanduza

    Abakize icyorezo cya Marburg barasabwa kwirinda konsa no gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye

    Minisiteri y’Ubuzima, Minisante, yatangaje ko abakize Virusi ya Marburg, bagomba kwitwararira cyane birinda gukora imibonano mpuzabitsinda idakingiye, konsa kuko hari ibice virusi isigaramo mu gihe kirenga umwaka, utitwararitse akaba yakwanduza abandi iyo ndwara.



  • Abantu babiri ni bo bari kuvurwa icyorezo cya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko abantu babiri gusa ari bo basigaye bari kuvurwa icyorezo cya Marburg.



  • Babiri bakize, undi mushya yandura icyorezo cya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko abantu babiri mu bavurwaga icyorezo cya Marburg bakize, mugihe habonetse undi mushya wanduye icyo cyorezo.



  • Abantu batatu ni bo barimo kuvurwa Marbourg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 29 Ukwakira 2024 nta muntu mushya wabonetse wanduye icyorezo cya Marburg, nta wakize, nta n’uwapfuye, abantu batatu bakomeje kuvurwa.



  • Undi muntu mushya yanduye icyorezo cya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu, tariki 26 Ukwakira 2024 habonetse undi muntu mushya wanduye icyorezo cya Marburg.



  • Umuntu umwe yakize icyorezo cya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki 25 Ukwakira 2024, umuntu umwe ari we wakize icyorezo cya Marburg.



  • Umuntu umwe yanduye Icyorezo cya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ukwakira 2024, umuntu umwe yanduye Icyorezo cya Marburg mu bipimo 81 byafashwe.



  • Umuntu umwe ni we ukirimo kuvurwa Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 22 Ukwakira 2024 umuntu umwe ari we ukirimo kuvurwa indwara ya Marburg, uyu muntu akaba ari na we wari urimo kuvurwa ku wa Mbere tariki 21 Ukwakira 2024.



  • Umuntu umwe gusa ni we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg

    Kuri uyu wa Mbere, tariki 21 Ukwakira 2024, Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko umuntu umwe gusa (1) ari we uri kuvurwa Icyorezo cya Marburg.



  • Umuntu umwe yakize, babiri ni bo bari kuvurwa Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima (MINISANTE), yatangaje ko umuntu umwe (1), yakize mu gihe babiri (2) ari bo bari kuvurwa Icyorezo cya Marburg.



  • Minisitiri w

    Minisiteri y’Ubuzima yavuze aho ikeka ko Marburg yaturutse

    Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana, yavuze ko amakuru inzego z’ubuzima zifite, agaragaza ko umuntu bikekwa ko ari we wa mbere wanduye icyorezo cya Marburg, yagikuye ku nyamaswa y’agacurama.



  • Nta muntu wanduye Icyorezo cya Marbug

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko nta muntu wanduye Icyorezo cya Marburg mu bipimo 103 byafashwe kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Ukwakira 2024.



  • Abantu batatu gusa ni bo bari kuvurwa Marburg

    Minisiteri y’ubuzima (MINISANTE), yagaragaje ko abantu batatu gusa (3) ari bo basigaye bari kuvurwa Icyorezo cya Marburg mu Rwanda, mu gihe umuntu umwe mu bari barwaye yakize.



  • Abantu batanu bakize Marburg

    Abantu 5 bakize Icyorezo cya Marburg mu gihe mu bipimo 271 byafashwe kuri uyu wa Kane tariki 17 Ukwakira 2024.



  • Abantu umunani bakize Marburg

    Abantu umunani bakize icyorezo cya Marburg ku wa Gatatu tariki 16 Ukwakira 2024, abamaze gukira bose hamwe baba 38.



  • Abandi bane bakize Marburg

    Abantu bane bakize icyorezo cya Marburg ku wa Kabiri tariki 15 Ukwakira 2024, abamaze gukira bose hamwe baba 30.



  • Abantu 26 bamaze gukira Marburg

    Umubare w’abakira icyorezo cya Marburg ukomeje kwiyongera, aho abandi batandatu bakize ku wa Mbere tariki 14 Ukwakira 2024, abamaze gukira bose hamwe baba 26.



  • Ingamba zo guhangana na Marburg zigiye kuvugururwa

    Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, yatangaje ko hari ingamba zigiye kuvugururwa mu gukomeza guhangana na Marburg imaze ibyumweru birenga bibiri igaragaye mu Rwanda.



  • Uko Virusi ya Marburg igaragara mu ikoranabuhanga

    Abantu babiri bakize Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Ukwakira 2024 abantu babiri bakize icyorezo cya Marburg, hapimwa abantu 104, nta wanduye mushya wabonetse, nta n’uwapfuye azize Marburg.



  • Undi muntu umwe yishwe na Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatanu tariki 11 Ukwakira 2024 umuntu umwe yishwe n’indwara ya Marburg, yuzuza umubare w’abantu 14 bamaze gupfa mu Rwanda bazize icyo cyorezo.



  • Imibare itangazwa igaragaza ko u Rwanda ruhagaze neza mu guhashya icyorezo cya Marburg, dore ko hari n

    Abantu 15 bamaze gukira Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kane tariki 10 Ukwakira 2024 abandi bantu batatu bakize indwara ya Marburg, abamaze gukira bose hamwe baba 15. Kuri uwo munsi nta wapfuye azize Marburg, nta n’uwanduye mushya wabonetse, abarimo kuvurwa ni 30.



  • Mu Rwanda hatangiye gutangwa urukingo rwa Virusi ya Marburg, bitanga icyizere cyo kuyitsinda

    Abantu 33 ni bo barimo kuvurwa Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Gatatu tariki 09 Ukwakira 2024 nta muntu wishwe n’indwara ya Marburg, nta wakize, nta n’uwanduye mushya wabonetse kuri uwo munsi.



  • Undi muntu yishwe n’indwara ya Marburg

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Kabiri tariki 08 Ukwakira 2024 umuntu umwe yishwe n’indwara ya Marburg, yuzuza umubare w’abantu 13 bamaze kwicwa n’iyo ndwara mu Rwanda.



  • Menya ibikorerwa umurwayi ukize icyorezo cya Marburg mbere yo gusubira mu muryango

    Ikigo cy’igihugu gishinzwe kwita ku buzima RBC cyatangaje ko umurwayi wagaragayeho icyorezo cya Marburg agakira abanza gukorerwa ubujyanama ku ihungabana hamwe n’umuryango we kugira ngo afashwe kudahabwa akato.



  • Abanduye virusi ya Marburg biyongereyeho barindwi

    Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko ku wa Mbere tariki 07 Ukwakira 2024 habonetse abandi bantu barindwi banduye icyorezo cya Marburg, bituma abamaze kugaragaraho icyo cyorezo bose hamwe baba abantu 56.



  • Amabwiriza mashya yo kwirinda virusi ya Marburg mu nsengero n’imisigiti

    Urwego rw’Igihugu rw’Imiyoborere (RGB) rwatangaje amabwiriza mashya ajyanye no gukumira virusi ya Marburg mu nsengero no mu misigiti arimo gushyiraho uburyo bwo gukaraba intoki, gutanga ifunguro ryera mu buryo butuma abantu batagira ibyago byo kwandura n’ibindi.



  • Abandi bantu batatu bakize Marburg

    Amakuru mashya yatangajwe na Minisiteri y’Ubuzima ku Cyumweru tariki 06 Ukwakira 2024 agaragaza ko abantu batatu bakize icyorezo cya Marburg, bituma abamaze gukira bose hamwe baba abantu umunani.



  • Mu Rwanda abanduye Virusi ya Marburg biyongereyeho batanu

    Abantu 46 ni bo bamaze kumenyekana banduye icyorezo cya Marburg mu Rwanda. Barimo 12 bapfuye, 29 barimo kuvurwa n’abandi batanu bakize.



  • Impungenge ni nyinshi ku bagenda mu modoka rusange mu kwirinda Marburg

    Marburg: Impungenge ni nyinshi ku bagenda mu modoka rusange

    Indwara ya Marburg imaze icyumweru yadutse mu Rwanda, iteye impungenge abagenda mu modoka rusange bahagaze, bafashe ku byuma byo muri izo modoka, kandi nta n’uburyo bwo gusukura intoki no kwirinda gukoranaho bwashyizwemo.



Izindi nkuru:   
  • 1
  • 2