• Imihanda izifashishwa yose izaba yaruzuye

    Nta bwoba buhari ku myiteguro ya CHOGM - Minisitiri w’Intebe Dr Ngirente

    Mu gihe habura iminsi mike ngo u Rwanda rwakire Inama ihuza Abakuru b’ibihugu na za Guverinoma bo mu muryango w’ibihugu bikoresha ururimi rw’Icyongereza, CHOGM, Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko kugeza ubu nta bwoba abantu bakwiye kugira kuko imyiteguro igeze ahashimishije.



  • Minisitiri Gaspard Twagirayezu

    Ibihangano bya mbere mu bizakorwa n’abanyeshuri bizamurikirwa abazitabira CHOGM

    Mu mashuri abanza n’ayisumbuye barimo barakora ibihangano bivuga kuri Commonwealth, ibizatsinda amarushanwa bikazamurikirwa abayobozi b’ibihugu bazitabira inama ya CHOGM izabera mu Rwanda muri Kamena uyu mwaka.



  • Ibikorwa byo gutunganya umuhanda ugana ku kibuga cy

    Musanze: Bakomeje imirimo yo kwitegura CHOGM

    Nk’uko byifashe hirya no hino mu gihugu, imyiteguro yo kwakira inama ya CHOGM iteganyijwe kubera mu Rwanda muri Kamena 2022 irarimbanyije, aho no mu Karere ka Musanze imyiteguro ikomeje, hubakwa hanavugururwa ibikorwa remezo binyuranye.



  • Rubavu: Imyiteguro yo kwakira abazitabira CHOGM irarimbanyije

    Ubuyobozi bw’Urugaga rw’abikorera (PSF) mu Karere ka Rubavu butangaza ko n’ubwo butazakira inama ya CHOGM, bwiteguye kwakira abazayitabira bazasura ako karere bagamije kwirebera ibyiza by’u Rwanda.



  • Abayobozi mu nzego zose biyemeje gufatanya kwakira neza abazitabira CHOGM

    Kicukiro: Inzego zose zahagurukiye gukaza imyiteguro ya CHOGM

    Inzego z’ubuyobozi mu Karere ka Kicukiro kuva ku mugududu kugera ku Karere, zahagurukiye gukaza imyiteguro y’Inama y’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma bo mu Muryango wa Commonwealth, izatangira mu cyumweru kizatangira tariki 20 Kamena 2022 ikabera i Kigali.



Izindi nkuru: