MENYA UMWANDITSI

  • Abagabo basambanya abana bakwiye kwitwa ibirura- RWAMREC

    Umuryango urwanya ihohoterwa rikorerwa mu muryango abagabo babigizemo uruhare (RWAMREC) uratangaza ko abagabo basambanya abana, badakwiye kwitiranwa n’abandi bagabo biyubaha, ko ahubwo abo bakwiye guhabwa izina ry’’ibirura’.



  • Minisitiri Mujawamariya arasaba abantu bose kubungabunga ibidukikije

    Twite ku isi yacu kuko nta yindi tuzimukiramo-Minisitiri Mujawamariya

    Nyuma y’iminsi itatu gusa atangiye imirimo nka Minisitiri mushya w’ibidukikije, Ambasaderi Dr. Jeanne d’Arc Mujawamariya, akazi ke ka mbere yagatangiriye ku nama (breakfast meeting) n’abafatanyabikorwa b’iyi minisiteri.



  • Imiti irinda gusama itanganya ibiciro ikora kimwe?

    Ibinini bikoreshwa n’umuntu wakoze imibonano mpuzabitsina ariko utifuza gusama, biri amoko menshi, ari na ko bigura amafaranga atandukanye, ibintu bitera amakenga ababikoresha ndetse n’ababyumvise, bumva ko ibifite igiciro cyo hejuru ari byo birinda umuntu gusama kurusha ibindi, cyangwa ko ibya make batabigirira icyizere (...)



  • Uwimbabazi Delphine w

    Biratangaje: Umukobwa w’imyaka 15 uvuga amazina y’inka

    Uwimbabazi Delphine w’imyaka 15 y’amavuko utuye mu karere ka Bugesera, umurenge wa Mayange, akagari ka Kibirizi, yiga mu mwaka wa kabiri w’amashuri yisumbuye, akaba akora akazi ko kuvuga amazina y’inka mu birori bitandukanye, bikamufasha kwikemurira ibibazo bitandukanye ataruhije ababyeyi.



  • Serivisi zose za RURA zigiye kuboneka kuri murandasi

    Urwego ngenzuramikorere (RURA) na TMEA (Trademark East Africa), kuwa gatatu tariki 13 Ugushyingo 2019, basinyanye amasezerano y’imikoranire mu gushyira serivisi zose zitangwa na RURA kuri murandasi (online), mu rwego rwo korohereza abacuruzi, kugabanya umwanya n’amafaranga bakoreshaga bashaka ibyangombwa na serivisi (...)



  • Ntibumva impamvu bishyura ubwiherero muri resitora

    Abarira mu ma resitora menshi yo muri gare yo mu mujyi wa Kigali no mu nkengero zayo, bagaragaza ikibazo cy’ama resitora atanga ibiribwa ndetse n’ibinyobwa, ariko wakenera ubwiherero bakabukwishyuza.



  • Kuba umwana yakorera ikizamini aho atiyandikishije nta kibazo biteye

    Hari abanyeshuri bakoreye ibizamini aho batiyandikishirije

    Mu bizamini bya Leta bisoza amashuri abanza byatangiye kuri uyu wa mbere tariki ya 04 Ugushyingo 2019, hagaragayemo imbogamizi z’uko hari abana biyandikishije ku kigo bakajya gukorera ku kindi.



  • Gucura k’umugore hari impinduka bitera ku buzima bwe?

    Gucura k’umugore cyangwa guca imbyaro, ni igihe imihango ku bagore n’abakobwa ihagarara bakaba batagishoboye gusama inda mu buryo busanzwe bwa kamere, bityo umugore akageza aho atakigira imisemburo mu mubiri we ituma intanga zidakorwa n’umubiri we akaba atashobora gusama.



  • Ikigo cya EFOTEC ni kimwe mu bivugwaho guca amande abatinze kuza gutwara impamyabumenyi zabo

    Amafaranga acibwa abatinze kujya gutwara impamyabumenyi zabo ntavugwaho rumwe

    Abanyeshuri barangije mu ishuri rya E.S.KANOMBE/ EFOTEC baragaragaza imbogamizi ku mafaranga bacibwa iyo bagiye gutora impamyabumenyi zabo, kuko bacibwa amande y’ibihumbi bitanu buri mwaka wa nyuma y’uwo zisohoreweho, n’ubwo ubuyobozi bwabo bubihakana bukavuga ko nta faranga na rimwe baca.



  • Muganga Rutangarwamaboko

    Ni ryari bavuga ko umuntu yishe cyangwa yataye umuco?

    Abanyarwanda benshi cyane cyane abakuze, bakunze kuvuga ko umuco watakaye, cyangwa babona umuntu wambaye imyenda migufi cyangwa indi myambarire imenyerewe nk’igezweho ku rubyiruko, bakavuga ko uyambaye yishe umuco.



  • Wari uzi ko nta muntu utarota? Uko wafasha urota avuga cyangwa agenda

    Inzozi umuntu arota, ziba zitandukanye n’iz’undi, kimwe nuko zitandukana n’izo warose mu gihe cyashize, bityo hakabaho kurota ibyiza cyangwa ibibi, hakabaho kurota ibitabaho cyangwa bitigeze bikubaho, cyangwa ukarota n’ibyabayeho.



  • Modeste Nsanzabaganwa, ukuriye ishami ry

    Menya igisobanuro cy’amwe mu mazina Abanyarwanda bitaga abana

    Mu muco Nyarwanda, Abanyarwanda bitaga umwana izina nyuma y’iminsi umunani avutse, bakamwita izina bitewe n’icyo bamwifuriza ko azaba.



  • Abana baje kurya ubunnyano babanzaga gukora ibisa no guhinga

    Ubunnyano: Iyo umwana yatindaga kunnya cyangwa se kunyara bamutamikaga itabi

    Umuhango wo kurya ubunnyano wakorwaga umwana amaze iminsi umunani avutse kugira ngo ahabwe izina, nubwo kuri ubu hari abaganiriye na Kigali Today bemeza ko ukorwa hake cyangwa ugahuzwa n’indi mihango, aho ushobora gusanga umwana yiswe izina nka nyuma y’ukwezi, ariko amazina ye asanzwe azwi, ndetse n’ibiribwa byakoreshwaga (...)



  • Urubyiruko rwiyemeje kubiba amahoro

    Urubyiruko rwahishuye ko amateka ya Jenoside na rwo arureba

    Urubyiruko rwakurikiranye amahugurwa ku kubaka amahoro n’isanamitima, ruratangaza ko hari intambwe imaze guterwa mu komora ibikomere byatewe n’amateka yaranze u Rwanda mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.



  • Ni abahe bayobozi bamenyakanisha imitungo ku rwego rw’Umuvunyi?

    Hari amatangazo anyuranye akunze guca ku bitangazamakuru, avuga ko umuyobozi runaka ashinjwa n’Urwego rw’Umuvunyi kwigwizaho imitungo, kuruhisha imitungu imwe n’imwe, kudaha uru rwego ibisobanuro ku mitungo runaka.



  • Menya uko abarimu bakosora ibizamini bya Leta batoranywa n’inyungu bakuramo

    Buri mwaka nyuma y’uko abanyeshuri basoza icyiciro cy’amashuri abanza, abasoza icyiciro rusange n’abasoza icyiciro cya kabiri cy’ayisumbuye bakora ibizamini bya Leta, hakurikiraho kubikosora.



  • Minisitiri Kamayirese yavuze ko u Rwanda nta mafaranga rwahawe kugira ngo rwemere kwakira impunzi zo muri Libya

    U Rwanda nta mafaranga rwahawe ngo rwakire impunzi zo muri Libya – Kamayirese

    Minisitiri ushinzwe ibikorwa by’ubutabazi, Kamayirese Germaine, ari kumwe n’umuyobozi w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku mpunzi mu Rwanda, Ahmed Baba Fall, bagaragaje ko u Rwanda rugiye kwakira impunzi 500 z’abanyafurika bari muri Libya, zikazatuzwa mu Karere ka Bugesera mu nkambi y’agateganyo ya Gashora.



  • Umuhanzi Danny Vumbi yemeza ko ikinyarwanda cy

    Ikinyarwanda cy’umwimerere ntikireba abahanzi?

    Kuvuga no kwandika ikinyarwanda cy’umwimerere, ni ingingo ikunze kugarukwaho mu biganiro bitandukanye bitambuka ku ma radio na televiziyo anyuranye cyane cyane ku bantu bakunze kumvwa na benshi mu Rwanda.



  • Wari uzi ko gufuha ari uburwayi?

    Abantu benshi bakunze kujya impaka ku gikorwa cyo gufuha, aho bamwe bavuga ko gufuha ari urukundo rwinshi, kuko utafuhira uwo udakunda, abandi bakavuga ko biterwa no kutizerana. Ni mu gihe abize imbonezabitekerezo (psychology) bo bagaragaza ko gufuha ari uburwayi.



  • bamwe mu abakomisiyoneri bagize koperative

    Kuba umuntu yakurangira inzu cyangwa ikibanza kigurishwa ntibimugira umukomisiyoneri

    Mu gihe hari abantu bumva ko abakomisiyoneri babona amafaranga, noneho hagira ubabaza ikintu runaka nk’inzu cyangwa ikibanza kigurishwa, agahita yiyita umukomisiyoneri ako kanya. Nyamara amakoperative y’abakora uyu mwuga avuga ko ibyo bitavuze ko ari umukomisiyoneri.



  • Kirazira kugenda n’amaguru mu ruhande rumwe n’imodoka ziguturutse inyuma

    Ubukangurambaga buzwi ku izina rya ‘Gerayo Amahoro’ ku wa gatanu tariki 23 Kanama 2019 bwakomereje mu ishuri ryisumbuye rya Lycée Notre Dame de Cîteaux riherereye mu Mujyi wa Kigali.



  • Menya ‘Abanyiginya’ ijambo rivuga abantu barambye ku bukire n’ubupfura

    Abanyiginya ni bumwe mu moko 18 y’Abanyarwanda, akomoka ku bakurambere babo. ikirangabwoko bwabo kikaba umusambi.



  • Bamwe bagerageza gutunga ifaranga bikanga bikarangira bavuze ko ari imivumo y

    Umuco na siyansi byemera ko ‘inyatsi’ ibaho kandi yavurwa

    Mu gihe umuco uvuga ko inyatsi ari ukubura umugisha w’amahirwe bigatuma umuntu atagira icyo ageraho, siyansi yo ivuga ko ari nk’indwara cyangwa imyitwarire idasanzwe iba ibura gato ngo ihinduke indwara ziba mu gice cy’ibyitwa ‘kuba imbata y’ikintu, imyitwarire, cyangwa se imikino.



  • Aba - Islam ntibabatiza. Gusa iyo umuntu yinjira mu idini avuga amagambo arimo no guhamya ko Yesu atari Imana cyangwa umwana wayo ahubwo ari intumwa

    Umudivantisiti ashobora kubatizwa inshuro 3; Padiri agomba gusoma misa buri munsi... Menya ibyihariye mu madini atandukanye

    Amahame ni imigenzo, amategeko cyangwa umuco idini runaka ryishyiriraho, ryaba rigendeye kuri Bibiliya cyangwa ku myemerere yaryo bwite. Buri muyoboke waryo aba agomba kuyubahiriza, yayarengaho agahabwa ibihano biba byaragenwe n’iryo dini.



  • Nta munyarwanda wicaga inyamanza. N

    Menya Abagesera, ubwoko bwatangaga bukanereza ikibanza kugira ngo cyubakwe

    Mu Rwanda rwo hambere Abanyarwanda bagiraga amoko 19 bakomora ku bakurambere, akaba amoko akomoka ku muryango mugari w’abantu.



  • Minisitiri Shyaka Anastase yamaganye iby

    MINALOC yamaganye iby’icyemezo cyo gutaha ubukwe, Padiri abisabira imbabazi

    Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki 11 Kanama 2019, Padiri mukuru wa paruwasi gatolika Mwamikazi w’Intumwa/Nyamata, akuyeho icyemezo cyemerera umukirisitu w’iyo paruwasi gutaha ubukwe mu rindi dini anasaba imbabazi abo ‘cyabereye imbogamizi’. Ibi bikaba bibaye nyuma y’uko Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu yamaganye (...)



  • Parowasi Gatolika ya Nyamata ifite ibwiriza ryo guha uruhushya rwanditse umukirisitu wabo ugiye gutaha ubukwe mu rindi dini

    Umugatolika w’i Nyamata ntiyemerewe gutaha ubukwe mu rindi dini adafite uruhushya rwanditse

    Muri paruwasi Gatolika ya Nyamata, iherereye mu karere ka Bugesera, muri Arikidiyoseze ya Kigali, hashyizweho ibwiriza ku bakirisitu Gatolika bayibarizwamo ko ugiye gutaha ubukwe mu rindi dini ritari Gatolika, azajya abanza gusaba uruhushya rusinyweho na padiri mukuru, kugira ngo barinde ukwemera kw’abakirisitu babo.



  • Umukobwa w’imyaka 20 yanze gutega amaboko yibera Mucoma

    Dushimimana Olive akora akazi ko kotsa inyama (Mucoma) mu gasantere ko mu Nkanika gaherereye mu Kagari ka Gakamba, Umurenge wa Mayange mu Karere ka Bugesera. Avuga ko yiyemeje gukora ako kazi kugira ngo arebe ko imirimo abagabo bakora na we yayibasha, kugira ngo imufashe kwiteza imbere.



  • Ese koko imikufi ku maguru ni imirimbo cyangwa ni ibirango by’uburaya? (ivuguruye)

    Muri iki gihe, hari abagore bakunze kwambara imiringa cyangwa imikufi ku bice bitandukanye by’imibiri yabo, aho usanga hari iyambarwa mu ijosi, ku mazuru, ku matwi, ku maboko, ku mukondo, mu rukenyerero, ndetse no ku maguru.



  • Rutangarwamaboko yasobanuye ibyerekeranye no kurasaga no kurumika (Ifoto: Afrimax)

    Kurumika no kurasaga: Imigenzo yarindaga ibyago Abanyarwanda

    Kurumika no kurasaga, ni imigenzo nyarwanda yakorwaga mu buvuzi gakondo no kurinda ibyago Abanyarwanda, bityo uwabikoraga akaba afite imyizerere y’uko iyo bikozwe byanze bikunze birinda. Gusa kuri ubu Abanyarwanda benshi ntibabyemera, ndetse bavuga ko ari imihango ya gipagani, n’ubwo hari abaganga bemeza ko iyo migenzo (...)



Izindi nkuru:   
  • 1
  • 2