Umuryango wa Kiyovu Sports wunamiye inzirakarengane zishyinguye mu Rwibutso rwa Gisozi (Amafoto)
Yanditswe na
Sammy Imanishimwe
Abakinnyi, abatoza, abayobozi n’abandi bakozi ba Kiyovu Sports basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, bunamira inzirakarengane zirushyinguyemo zazize Jenoside yakorewe Abatutsi.
Ku gicamunsi cyo ku wa Mbere tariki 12 Mata 2021, abakinnyi, abatoza, abayobozi n’abandi bakozi ba Kiyovu Sports barangajwe imbere na Perezida w’iyi kipe, Mvukiyehe Juvenal, basuye urwibutso rwa Kigali rushyinguyemo abarenga ibihumbi 250.
Byari mu rwego rwo Kwibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, aho abagize iyi kipe basobanuriwe amateka ya Jenoside, bunamira inzirakarengane zihashyinguye ndetse banashyira indabo ku mva zishyinguyemo Abatutsi bishwe muri Jenoside.
Aya ni amafoto yaranze iki gikorwa

Abakinnyi ubwo bari ku Rwibutso

Umunya-Nigeria Samson Babua ku rwibutso rwa Gisozi

Bakurikiranye amateka kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994






Bashyira indabo ahashyinguye abarenga ibihumbi 250


Kapiteni wa Kiyovu Sports Kimenyi Yves areba amafoto y’abishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi


Minani Hemed uhagarariye abafana ba Kiyovu Sports

Munyengabe Omar umunyamabanga wa Kiyovu Sports


Perezida wa Kiyovu Sports Mvukiyehe Juvenal ubwo yasinyaga mu Gitabo cy’abashyitsi

Uwari uhagarariye Ibuka mu karere ka Nyarugenge
Inkuru zijyanye na: Kwibuka27
- Kubwira abato amateka mabi Igihugu cyanyuzemo bizabarinda kugwa mu mutego wo kucyoreka
- IBUKA: Leta izabingingira gutanga amakuru kugeza ryari?
- Jenoside yabaye mu Rwanda yagaragaje ubwigomeke ku Mana - Prof Musemakweli
- Amateka agaragaza ko Nyamagabe ari nk’igicumbi cy’ingengabitekerezo ya Jenoside
- Musanze: Abafana ba APR FC bunamiye abazize Jenoside biyemeza guhangana n’abakiyipfoya
- Senegal: Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda bibutse urubyiruko rwishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi
- Muhanga: Imibiri 1093 y’abazize Jenoside yashyinguwe mu cyubahiro
- Kwibuka27: Menya uko isanduku yo gushyingura mu cyubahiro igomba kuba iteye
- Abiga muri Kaminuza ya Kigali baramagana abahakana Jenoside bitwaje ibyo bari byo
- Musanze: Abakozi b’Akarere bahawe umukoro wo kuvuguruza abagoreka amateka y’u Rwanda
- Gupfobya Jenoside warayirokotse ni ubuyobe bubi – NURC
- Karongi: Bashyinguye mu cyubahiro imibiri 8.660 y’Abatutsi biciwe ku Mubuga muri Jenoside
- Rwezamenyo: Sengarama arashimira byimazeyo abamwubakiye inzu
- Kinigi: Bibutse bishimye kuko ikibazo cyabo cyasubijwe
- Bugesera: Itorero ADEPR ryibutse Abatutsi biciwe i Kayenzi
- Ni igisebo kuba uwari Minisitiri w’Umuryango yarashishikarije umwana we kwica – Senateri Nyirasafari
- Madamu Jeannette Kagame yifatanyije n’abandi kwibuka imiryango yazimye
- Kuri uyu wa Gatandatu haribukwa imiryango isaga 15,000 yazimye mu 1994
- Umubano w’u Rwanda n’u Burundi witezweho gukurikirana Abarundi bakoze Jenoside
- Ubuhamya: Banze ko uruhinja rwabo rwakwicwa rudahawe Isakaramentu rya Batisimu
Ohereza igitekerezo
|