Amakipe n’amashyirahamwe y’imikino yageneye Abanyarwanda ubutumwa bujyanye no #Kwibuka27

Mu gihe Abanyarwanda bibuka ku nshuro ya 27 Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, ababa mu nzego zitandukanye za Siporo mu Rwanda bifatanyije n’Abanyarwanda muri ibi bihe.

Ubwo abasportifs batandukanye bunamiraga inzirakarengane zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali ku Gisozi, hari umwaka ushize wa 2020
Ubwo abasportifs batandukanye bunamiraga inzirakarengane zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali ku Gisozi, hari umwaka ushize wa 2020

Mu batanze ubu butumwa harimo Minisiteri ya Siporo mu Rwanda, amakipe y’umupira w’amaguru nka APR FC, Rayon Sports, Kiyovu Sports, AS Kigali, Musanze ndetse n’izindi.

Harimo amashyirahamwe y’imikino nka Komite Olempike y’u Rwanda, Ferwafa, Ferwaba, FRVB, NPC, Ishyirahamwe ry’abanyamakuru ba Siporo mu Rwanda (AJSPOR), ndetse n’abandi basportifs ku giti cyabo.

Ubutumwa bwatanze n’amashyirahamwe, amakipe n’abasportifs

Inkuru zijyanye na: Kwibuka27

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka