Perezida Nyusi yunamiye inzirakarengane zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali
Yanditswe na
KT Editorial
Perezida Filipe Nyusi yunamiye imibiri irenga ibihumbi 250 ishyinguye mu rwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi.
Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe mu Rwanda, Perezida Nyusi yasuye urwo rwibutso kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nyakanga 2018, mu rwego rwo kwirebera ubukana bwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Yatemberejwe anasobanurirwa ibyaranze amateka y’u Rwanda mbere na nyuma ya Jenoside, ashyira indabo ku mva zishyinguyemo iyo mibiri.

Perezida Nyusi yunamiye imibiri y’inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida Nyusi akigera ku Gisozi yakiriwe n’itsinda ry’abashinzwe gucunga uru rwibutso

Perezida Nyusi yari aherekejwe n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne

Bamusobanuriraga amateka yaranze buri gice cyo muri urwo rwibutso

Bamusobanuriraga amateka yaranze buri gice cyo muri urwo rwibutso

Ibyo ni ibice bitandukanye yagiye yerekwa



Nyuma yo gusura urwibutso, yanditse mu gitabo cy’abashyitsi

Nyuma yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru
Kureba andi mafoto menshi kanda AHA
Amafoto: Plasir Muzogeye
Inkuru zijyanye na: Mozambique
- Perezida Nyusi yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda
- Abanyafurika bagomba gufungurirwa imipaka bagakoresha amahirwe bafite - Perezida Nyusi
- U Rwanda na Mozambique byiyemeje kuba urugero rw’ubufatanye muri Afurika
- U Rwanda rugiye gufungura ambasade i Maputo
- Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Mozambique waje mu ruzinduko rw’iminsi itatu
Ohereza igitekerezo
|