Perezida Nyusi yunamiye inzirakarengane zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali
Perezida Filipe Nyusi yunamiye imibiri irenga ibihumbi 250 ishyinguye mu rwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi.
Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe mu Rwanda, Perezida Nyusi yasuye urwo rwibutso kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nyakanga 2018, mu rwego rwo kwirebera ubukana bwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Yatemberejwe anasobanurirwa ibyaranze amateka y’u Rwanda mbere na nyuma ya Jenoside, ashyira indabo ku mva zishyinguyemo iyo mibiri.
Kureba andi mafoto menshi kanda AHA
Amafoto: Plasir Muzogeye
Inkuru zijyanye na: Mozambique
- Perezida Nyusi yasoje uruzinduko yagiriraga mu Rwanda
- Abanyafurika bagomba gufungurirwa imipaka bagakoresha amahirwe bafite - Perezida Nyusi
- U Rwanda na Mozambique byiyemeje kuba urugero rw’ubufatanye muri Afurika
- U Rwanda rugiye gufungura ambasade i Maputo
- Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Mozambique waje mu ruzinduko rw’iminsi itatu
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|