Ntibizongera Ukundi: Umuryango wa Kigali Today turibuka (Video)

Umuryango mugari wa Kigali Today Ltd, urimo KT Press, KT Radio 96.7 FM, KigaliToday.com, na Kigali Today TV (YouTube), ntidutangaza amakuru gusa, ahubwo muri ibi bihe turibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Mu kazi kacu k’itangazamakuru, duharanira ko Jenoside itazongera kubaho ukundi.

Twibuke Twiyubaka

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka