Mushikiwabo na Obasanjo ni bamwe bamaze kunamira abazize Jenoside

Bamwe mu bahoze ari abakuru b’ibihugu barimo Olusegun Obasanjo wayoboye Nigeria, Benjamin Mkapa wayoboye Tanzania, ni bamwe mu bamaze gushyira indabo ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali.

Mushikiwabo hamwe n'abandi bayobozi bashyira indabo ku Rwibutso rwa Kigali
Mushikiwabo hamwe n’abandi bayobozi bashyira indabo ku Rwibutso rwa Kigali

Hari kandi bamwe mu mu bayoboye imiryango minini mpuzamahanga nka Louise Mushikiwabo uyoboye umuryango mpuzamahanga w’ibihugu bivuga Igifaransa, umuyobozi mukuru wa Commonwealth n’abandi bamaze gushyira indabo ku rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali mu rwego rwo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Uwahoze ayobora Tanzania n'abandi bashyira indabo ku rwibutso
Uwahoze ayobora Tanzania n’abandi bashyira indabo ku rwibutso
Olusegun Obasanjo yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Olusegun Obasanjo yunamira abazize Jenoside yakorewe Abatutsi
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka