Kwibuka25: Umuhango wo kunamira abasirikare 10 b’Ababiligi biciwe i Kigali mu 1994 (Amafoto)

Minisitiri w’intebe w’Ububiligi Charles Michel ari kumwe na Minisitiri w’intebe w’u Rwanda Dr Edward Ngirente, hamwe n’abandi bayobozi ku mpande zombi ndetse n’imiryango y’aba basirikare, bunamiye abasirikare 10 b’Ababiligi biciwe mu Rwanda mu 1994, ubwo bari mu butumwa bw’amahoro.

Andi mafoto

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Abantu bizera Imana kandi bakayishaka bashyizeho umwete,ntibagomba kwiheba kubera urupfu.Hazabaho umuzuko nkuko Yesu yabivuze muli Yohana 6 umurongo wa 40.Nta kabuza bizaba.It is a matter of time.Imana ikorera kuli gahunda yayo.Icyo idusaba kugirango izatuzure iduhe ubuzima bw’iteka muli paradizo,ni ukwirinda gukora ibyo itubuza nta kindi.

gatare yanditse ku itariki ya: 8-04-2019  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka