Inzira y’Umusaraba ya Murangwa Eugene warokowe no kuba yari umukinnyi wa Rayons Sport (Audio)
Murangwa Eugene, yari umuzamu w’Ikipe ya Rayons Sport izwiho kuba yaragize abafana benshi kuva mu bihe bya kera, ndetse no mu bihe by’ubu bikaba bikiri uko.
Mu kiganiro kirambuye yagiranye na KT RADIO, Radio ya Kigali Today, aratugezaho inzira y’umusaraba yanyuzemo nk’Umututsi wagombaga kwicwa mu gihe cya Jenoside, ndetse akanagaragaza uburyo kuba yarakiniye Rayons Sport byaramukuye mu menyo y’interahamwe zari zigiye kumwica.
Iyumvire ubuhamya bwa Murangwa Eugene
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
tigana aracyariho ntago yapfuye
Ubuhamya nibwiza gusa buri give mucyunamo ibinyamakuru Nyi aho bigaruka kuri murangwa kid hari nabandi na sportifs benchi bazize genocide, nka tigana wakiniraga Rayo wabuz na barumunabe 2 bakinanaga, runuya wa mukura nabandi benshii mujye mugerageza kuba creative inkuru imwe ntikajye igaruka burimwaka