Banki ya Kigali irisegura ku bakiriya
Yanditswe na
KT Editorial
Banki ya Kigali (BK) yatangaje ko mu minsi ibiri ishize muri iyo Banki habaye ibibazo bya tekinike byagize ingaruka kuri serivise iyo Banki iha abakiriya bayo.

Itangazo BK yashyize ahagaragara rigira riti “Twagize ikibazo ahakusanyirizwa amakuru bityo bigira ingaruka ku bikoresho ndetse na serivisi dutanga. Nubwo twashoboye kongera gukoresha ikoranabuhanga rya banki, zimwe muri servisi n’imiyoboro bya banki ntibirashobora kongera gukoreshwa kuko hagambiriwe kubanza gukemura mu buryo burambye ibibazo bihari.”

Ohereza igitekerezo
|
Natanze chq ya BK muri cogebank,birafata igihe kingana iki?
Bank ya Kigali Turabemera mugerageza kuduha service nziza. Ariko muri kutubangamira kutwishyuza tuvana amafaranga kuri Conte ya Bank tuyashyira kuri Mobile Money.