Ngiryo ibanga ryo kwirinda ibiza MIDIMAR itaramenya

Ubushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu buzima bw’inyamanswa, bugaragaza ko inyamanswa zifite ubushobozi bwo kumva ko agace ziherereyemo hari ibiza biri hafi kuhaba zigahunga.

Ibyo ngo bisobanuye ko inyamaswa zishobora no kuburira abantu ko hari ibiza biri hafi kuba mu gace runaka, abantu bakitegura guhangana nabyo, cyangwa se bakanabihunga bitarabatwara ubuzima.

Iyumvire icyegeranyo kivuga ku buryo burambuye uko inyamanswa zishobora kuburira abantu ko hari ibiza biri hafi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka