Yvan Buravan ahigitse Abanyafurika mu irushanwa ritegurwa na RFI

Yvan Buravan umuhanzi nyarwanda umenyerewe cyane mu Njyana ya R&B, ahigitse by’Abahanzi b’abanyafurika, yegukana irushanwa rya Prix Decouverte ritegurwa na Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa ya RFI.

Iri rushanwa Buravan yegukanye, azahembwa gukorerwa Album no gufashwa kuyishyira hanze, gutemberezwa mu bihugu bisaga 10 bya Afurika, gutegurirwa igitaramo gikomeye i Paris mu Bufaransa, no guhembwa ibihumbi 10 by’Ama Euro asaga Miliyoni 10Frw.

RFI itegura iri rushanwa ifatanyije n’umuryango w’ibihugu bikoresha igifaransa, OIF, ndetse n’umuryango w’abibumbye wita ku burezi, UNESCO mu rwego rwo guteza imbere imbyino n’umuco wa Africa.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

kbx blada...u did it kdi keep up u will reach your dreams

Patson yanditse ku itariki ya: 10-12-2018  →  Musubize

This story lacks vivid facts to support the story idea. You shouldn’t rush to give us stories that are not complete. Look that headline🤔

Aveiro yanditse ku itariki ya: 9-11-2018  →  Musubize

ubundi nibisanzwe mu Rwanda duhora dutsinda kandi Koko Niko bimeze Insinzi Rwanda
Insinzi Yvan Buravan
a.k.a Burabyo
uhite ukora izi njyana:
 iyo gushima Imana
 iyi ntsinzi !!

Dj Nem-G yanditse ku itariki ya: 8-11-2018  →  Musubize

uwo muhungu nakomez,atsinde turamushigikiye. birashoboka koyaba umu star ukomeye muri africa no kwisi

byiringiro mardochee yanditse ku itariki ya: 8-11-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka