Yaretse inzoga afite imyaka 20 none ku myaka 72 ijwi rye riracyahogoza benshi

Umuhanzi Makanyaga Abdoul amaze imyaka isaga 50 ari umuhanzi, umuririmbyi n’umucuranzi. Ku myaka 20 yafashe icyemezo cyo kureka inzoga none kugeza magingo aya ijwi rye riracyaracyameze nk’iryo mu 1967.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ese kunywa INZOGA ni icyaha nkuko amadini menshi avuga?Reka tubaze ijambo ry’Imana.Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko “ubishatse” yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Soma muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Ndetse muli Matayo 11:19,herekana ko na Yezu yanywaga inzoga.Muzi ko yatanze Vino mu bukwe bw’I Kana.Ntabwo ari “umutobe” nkuko bamwe bavuga.Vino yose ibamo Alcool.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.

rwabuneza yanditse ku itariki ya: 10-12-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka