Video: Ibitaramo nibisubukura nzagera mu mirenge 416 - Senderi

Umuhanzi Senderi International Hit, avuga ko muri ibi bihe bya Covid-19 ibitaramo byabaye bisubitswe, yakoze imyitozo myinshi, ku buryo nibyongera gusubukurwa azakorera ibitaramo mu mirenge yose igize igihugu uko ari 416.

Senderi kandi avuga ko kuririmbira Perezida Kagame ari ishema rikomeye, akemeza ko umuhanzi bitarabaho agifite urugendo.

Kurikira ikiganiro kirambuye na Senderi International Hit.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Ujya gukorayo iki se...

jo yanditse ku itariki ya: 17-07-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka