Umva uko Hamble Jizzo ahogoza mu njyana ya Rumba- Video

Hamble Jizzo umwe mu bagize itsinda Urban Boys yatunguye benshi mu ndirimbo "Mon Amour" bafatanyijemo n’umuhanzi Tresor ndetse na Ziggy 55, aririmb mu njyana atamenyerewemo ya Rumba.

Humble yari amenyerewe muri Rap
Humble yari amenyerewe muri Rap

Hamble Jizzo wari umenyerewe nk’umuraperi mu itsinda rya Urban Boys, niwe uririmba igitero cya mbere muri iyi ndirimbo. Mu ijwi ryiza riririmbye mu njyana ya Rumba, atangaza benshi bari bamumenyereye muri Rapp.

Irebere iyo ndirimbo Mon Amour ya Tresor Ft Urban Boys na Ziggy 55

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka