Umva indirimbo nshya ya Mani Martin ivuga ku nzozi z’umuntu ukumbuye iwabo
Yanditswe na
KT Editorial
Umuhanzi Mani Martin uzwi cyane mu njyana Nyafurika, yasohoye indirimbo yise "Ndaraye" ivuga ku nzozi z’umuntu ukumbuye iwabo.

Ndaraye ni indirimbo iri kuri Alubumu ya Gatanu ya Mani Martin
Iyo ndirimbo iri mu njyana y’ikinimba imenyerewe mu Majyaruguru y’u Rwanda, ikaba ari imwe mu zigize Alubumu ye ya gatanu yise "Afro".
Umva "Ndaraye" ya Mani Martin
Ohereza igitekerezo
|
murahoneza turabakurikiye cyan
manimarite nakomereze aho.
Turabakunda Kandi Turabakurikirana Turifuza Ko Mwadusura Mumurenge Wa Mukama Mukagali Ka Gatete
Ntabuyobozi Buhagera Ubu Twarapfukiranwe