Umuhanzi Christopher yahishuye impamvu atarangije kwiga kaminuza (Video)

Umuhanzi Christopher Muneza ni umwe mu bakunzwe mu Rwanda. Yongeye kumvikana mu itangazamakuru cyane nyuma y’aho ashyiriye indirimbo ye nshya ‘Mi casa’ hanze, akaba yari amaze igihe kinini adasohora indirimbo.

Kumara igihe nta ndirimbo ye nshya ijya hanze byatumye atangira kwibazwaho na benshi mu bakurikira ibikorwa bye.

Uyu musore uri mubatangiye umuziki kera, ndetse akaba n’umwe mu bafite abakunzi batari bake mu Rwanda no mu mahanga, yaganiriye na KT Radio, avuga byinshi ku buzima bwe no ku muziki akora by’umwihariko.

Bikurikire muri iki kiganiro:

Reba indirimbo ‘Mi casa’ ya Christopher

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Kigali Today, we really appreciate the way you inform us the updates of our lovely super stars especially Christopher. I am his super fan, so, continue giving us our owns, we know you are there for us, thanks I am now following you online sitting here at KARONGI in IPRC Karongi.
Thanks again

UBANIMANA Jean d’Amour yanditse ku itariki ya: 12-09-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka