Umuhanzi Bruce Melody yishushanyijeho abana be

Umuhanzi Bruce Melody ubu agaragaraho ibishushanyo adasanzwe azwiho, harimo ibigaragaza amasura y’abana be.

Bruce Melody amaze iminsi mu mahanga mu bikorwa byo kumenyekanisha indirimbo ‘A l’aise’ yakoranye na Innoss’B wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Kuva yajya hanze, uyu muhanzi amaze iminsi atagaragara mu itangazamakuru nyuma yo kuva mu bitaramo yakoreye i Burundi akaba yaranahafungiwe ashinjwa ubwambuzi.

Ni umuhanzi ufite indirimbo zikunzwe n’abiganjemo urubyiruko, akaba akomeje kugaragaza gahunda yo kugeza umuziki we ku rwego mpuzamahanga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka