Pamella yemereye The Ben kuzamubera umufasha

Mugisha Benjamin uzwi ku izina ry’ubuhanzi nka The Ben, yambitse impeta umukunzi we Uwicyeza Pamella.

The Ben yambitse impeta Pamella
The Ben yambitse impeta Pamella

Hari hashize igihe kirekire hibazwa iby’aho umubano w’aba bombi werekeza nyuma yaho guhera mu mwaka wa 2019, hatangiye kugenda havugwa iby’umubano w‘umuhanzi The Ben bombi na Pamella.

Mu mashusho yasakajwe ku rubuga rwa Instagram, The Ben ari kumwe n’umukunzi we Pamella mu bwato buherereye mu birwa bya Maldives, agaragaza Pamella yishimiye intambwe yateye we n’umukunzi we.

Pamella akaba ari umwe mu bakobwa bagaragaye mu marushanwa ya Nyampinga w’u Rwanda mu mwaka wa 2019

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

Ayo makuru arashimishije ahubwo nagire bwangu ashyire uwo mwari murugo ibisumizi bindi bitaraza😂!

Ni Bizimana Francois yanditse ku itariki ya: 18-10-2021  →  Musubize

Ayo makuru arashimishije ahubwo nagire bwangu ashyire uwo mwari murugo ibisumizi bindi bitaraza😂!

Ni Bizimana Francois yanditse ku itariki ya: 18-10-2021  →  Musubize

Yamwemereye kuba umugore we! Umufasha ni ikinyarwanda gishya, cy’abanyarwanda bashya. Nyamara u Rwanda rwarahungabanganye, ariko ntirwahahagaze.

Cyungo yanditse ku itariki ya: 18-10-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka