Nyuma yo gusezera muri Urban Boys indirimbo Safi Madiba yakoranye na Meddy yamaze gusohoka

Nyuma yo gusezera ku mugaragaro muri Urban Boys yari amazemo imyaka icumi, umuhanzi Safi Madiba yashyize hanze indirimbo yakoranye na Meddy, yitwa "Got it".

Iyumvire Got it ya Safi Madiba yafatanije na Meddy

Amajwi y’iyi ndirimbo yatunganijwe na Producer Madebeat, atunganyirizwa mu gihugu cy’Ubugande. Amashusho yayo nayo ngo azaboneka vuba kuko yamaze gufatwa ubu akaba atunganywa na Producer witwa Sasha Vybz.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Katonda akongeko kumanyi

Habumugisha alex yanditse ku itariki ya: 20-03-2018  →  Musubize

ARASHOBOYE NAKOMEREZE AHO NDAMWEMERA

HARERIMANA yanditse ku itariki ya: 30-03-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka