Mbakumbuze Udukoryo twa Senderi Hit ku rubyiniro- Amafoto

Umuhanzi Senderi International Hit, ni umwe mu bahanzi bakunze kugaragara udukoryo dutandukanye ku rubyiniro tugashimisha cyane abitabiriye ibitaramo yitabiriye hirya no hino mu gihugu.

Irebere uburyo Senderi yaserukaga ku rubyiniro bigatangaza benshi:

Aha yagaragaye ku rubyiniro yikoreye igitebo k'Ibijumba
Aha yagaragaye ku rubyiniro yikoreye igitebo k’Ibijumba
Enda nkunage ku mugongo tubemeze
Enda nkunage ku mugongo tubemeze
Aha yari mu irushanwa rya PGGSS aza ku rubyiniro bamutwaye mu icupa
Aha yari mu irushanwa rya PGGSS aza ku rubyiniro bamutwaye mu icupa
Mbega mbega mbega Ikariso aha yari agiye kuririmbira mu gace gakomokamo abakinnyi b'amagare benshi
Mbega mbega mbega Ikariso aha yari agiye kuririmbira mu gace gakomokamo abakinnyi b’amagare benshi
Sinamenye amaherezo y'izi nzoga
Sinamenye amaherezo y’izi nzoga
Aha yari iwabo w'Inka n'abantu
Aha yari iwabo w’Inka n’abantu
Mana, aya mafaranga mbonye uyahe umugisha, antere imbaraga zo kugukorera, Amina
Mana, aya mafaranga mbonye uyahe umugisha, antere imbaraga zo kugukorera, Amina
Birirwa bavuga ko nshaje sha hagire akanyegera nkereke!
Birirwa bavuga ko nshaje sha hagire akanyegera nkereke!
Abandi baza gushaka mu Muziki ibyo kurya ngo bazane akabiri ariko njye narihaye
Abandi baza gushaka mu Muziki ibyo kurya ngo bazane akabiri ariko njye narihaye
Muri Afrobeat ndi Umwami
Muri Afrobeat ndi Umwami
Twasoma banange
Twasoma banange
Muhinzi mworozi komera ku isuka irakaramba!!
Muhinzi mworozi komera ku isuka irakaramba!!
Abafite Ipikipiki nababwira iki!!
Abafite Ipikipiki nababwira iki!!
Baganga bavandimwe turabashima
Baganga bavandimwe turabashima
Akuzuye mu muhogo gasesekara ku myambaro
Akuzuye mu muhogo gasesekara ku myambaro
Ibya Senderi byose ntibisanzwe, iyi modoka ibara ryayo ni irye wenyine
Ibya Senderi byose ntibisanzwe, iyi modoka ibara ryayo ni irye wenyine
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka