Kurikira igitaramo East African party nk’uwari uhari (Videos)

Mu gitaramo ngarukamwaka kiba ku bunani East African Party, Buri Muhanzi yari yiteguye k’uburyo yanejeje abakunzi kakahava. Abayobozi batandukanye nabo barakitabiriye ndetse bigaragara ko banyuzwe n’imigendekere yacyo.

Ngabo Medard Uzwi nka Meddy niwe wari umuhanzi mukuru. Dore Uburyo yabyiniye abamukunda kuva ageze k’urubyiniro kugeza ahavuye.

Umuhanzi Yvan Buravan yongeye kwerekwa urukundo rudasanzwe n’abakobwa

Abaminisitiri barimo Minisiti w’Ubutabera Johnston Busingye, Minisitiri w’umuco na Siporo Nyirasafari Esperance hamwe n’umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo Jean de Dieu Uwihanganye ni bamwe mu bayobozi bitabiriye iki gitaramo.

Ijwi rya Bruce Melodie ryongeye guhogoza abitabiriye iki gitaramo

Riderman mu ndirimbo ze zo hambere yanejeje abitabiye East African Part ku nshuro ya 11.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka