Kidumu arembeye mu bitaro i Bujumbura aho akeka ko yarozwe
Yanditswe na
KT Editorial
Niyimbona Jean Pierre uzwi cyane mu muziki nka Kidumu arembeye mu bitaro aho akeka ko yaba yarozwe.

Kidumu ububarikwitabwaho n’abaganga
Afatwa n’ubu burwayi kidumu yatangaje ko ameze nabi cyane, akaba ajyanywe kwa muganga na bagenzi be.
Yagize ati" Meze nabi ndakeka ko narozwe. Gusa uwo ari we wese unkoreye ibi arashaka gukuraho Roho y’intungane."
Yanahaye ubutumwa abo akeka ko bamuroze agira ati" Ndinzwe n’amaraso ya Yesu, abanzi banjye ntacyo muri bugereho. Ninapfa haravuka ba Kidumu benshi bakomeze umuhamagaro wanjye."


Ohereza igitekerezo
|