Izi ndirimbo zaciye agahigo mu gucurangwa mu Rwanda mu gihe cya #GumaMuRugo na nyuma yayo

Mu gihe cya gahunda ya #GumaMuRugo yatangiye tariki ya 21 Werurwe 2020 hagamije kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, aabantu basabwe kuguma mu ngo zabo, uretse gusa abajyaga gushaka cyangwa gutanga serivisi za ngombwa.

Muri icyo gihe ndetse na nyuma yacyo, hari indirimbo zarushije izindi mu gucurangwa cyane, mu rwego rwo gufasha abantu gususuruka no gushira irungu mu gihe bari mu ngo batemerewe gusohoka.

Izo ndirimbo ni izi:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka