Inanga ni byo biro bye, yamwishyuriye amashuri, imutemberza amahanga - Ubuhamya bwa Deo Munyakazi

Deo Munyakazi ni umukirigitananga w’Umunyarwand,a akaba avuga ko Inanga yamugejeje kuri byinshi birimo kumwishyurira amashuri no kumutembereza amahanga yitabiriye amaserukiramuco atandukanye.

Mu Kiganiro kirambuye yagiranye na Kigali Today, Deo Munyakazi yavuze ko Inanga ayifata nk’ibiro bye.

Reba ikiganiro kirambuye Deo Munyakazi yagiranye na Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka