Ikiganiro na Chrisy Neat, umugore wize gutunganya umuziki

Hari imirimo yagiye ifatwa nk’iy’abahungu hashingiwe ku myumvire yagiye iranga umuryango yo guheza umwana w’umukobwa cyangwa se na we ubwe akumva ko iyo mirimo atayikora ndetse atanayishobora.

Chrisy Neat
Chrisy Neat

Kanoheri Christmas Ruth uzwi nka Chrisy Neat ni umwe mu babashije kurenga izo mbogamizi akaba yarize muzika ndetse akabasha kuyitunganya nk’akazi ka buri munsi.

Kuri ubu Chrisy Neat ni umwe mu basinyishijwe n’inzu ifasha abahanzi (Label) y’Ibisumizi yashinzwe n’umuhanzi Riderman ngo ajye atunganya imiziki y’abahanzi bahagana.

Chrisy Neat akora aka kazi ko gutunganya imiziki mu buryo bw’amajwi akabikora mu buryo bw’umwuga nk’uwabyize ku ishuri ry’umuziki ku Nyundo ndetse akabihuza n’inshingano zindi z’ubuzima busanzwe. Kuri we abona ntacyo bibangamira ubuzima bwe n’ubw’umuryango we, nk’uko abisobanura muri iki kiganiro:

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka