Gushishura muri muzika: Producer Clement n’umunyamategeko barabisobanura
Mu bahanzi hakunze kuvugwa ibijyanye no kwigana igihangano cy’undi, cyangwa se umuntu akagisubiramo atabiherewe uburenganzira (ibyo bita gushishura) bigateza impaka z’urudaca.
Binyuze mu kiganiro ubyumva ute, gitambuka kuri KT Radio, Ishimwe Clement, umwe mu batunganya imiziki hano mu Rwanda hamwe n’umunyamategeko Maitre Steven Salim Gatari basobanuye itegeko rigendanye n’umutungo mu by’ubwenge rikunze kugonganisha abahanzi n’abanyabugeni.
Ese igihangano kiba icyawe ryari? Uburenganzira bwawe nk’uwagihanze mu gihe hagize ushaka gukora igisa na cyo amategeko abivugaho iki? Ibyo byose byagarutsweho muri iki kiganiro cyateguwe na Ines Ghislaine Nyinawumuntu, umunyamakuru wa KT Radio.
Bikurikire muri iki kiganiro:
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|