Clarisse Karasira yakoze ubukwe mu ibanga ku bwo kwirinda Covid-19

Umuririmbyi Clarisse Karasira yasezeranye kubana n’umukunzi we Ifashabayo Sylivain Dejoie ku itariki ya 01 Gicurasi 2021, ariko ibirori byitabirwa na bake kubera Covid-19.

Clarisse Karasira yambikanye impeta y'ubudatana na Ifashabayo Sylivain Dejoie
Clarisse Karasira yambikanye impeta y’ubudatana na Ifashabayo Sylivain Dejoie

Gusezerana imbere y’Imana kwa Karasira na Ifashabayo byabereye mu rusengero rwa Christian Life Assembly i Nyarutarama, nk’uko bigaragara mu mafoto.

Mu bahanzi b’Abanyarwanda bake bitabiriye ubwo bukwe harimo Mariya Yohana, Nyiranyamibwa Suzana, Liza Kamikazi na Serge Gasore.

Clarisse Karasira na Ifashabayo Sylivain Dejoie bari basezeranye imbere y’amategeko ku itariki 18 Gashyantare 2021.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

Nukuri muraberanye amahoro y" Imana abane namwe

Nduwayo abel fourani yanditse ku itariki ya: 14-10-2021  →  Musubize

mbifurije kubyara hungu na kobwa imana izabane na mwe ba geni beza bumugisha nda bakunda cyane mugire amahoro
nimigisha yimana .

alias yanditse ku itariki ya: 21-05-2021  →  Musubize

mbifurije kubyara hungu na kobwa imana izabane na mwe ba geni beza bumugisha nda bakunda cyane mugire amahoro
nimigisha yimana .

alias yanditse ku itariki ya: 21-05-2021  →  Musubize

mbifurije kubyara hungu na kobwa imana izabane na mwe ba geni beza bumugisha nda bakunda cyane mugire amahoro
nimigisha yimana .

alias yanditse ku itariki ya: 21-05-2021  →  Musubize

YEWE NAGENDE ARIHIMBIYE! NONEHO WE BARI KUMURAZA KURI STADE MABATI CG NYAKABINGO, Gusa iman’ishimwe ko yabyiteguye Akenga, NANJYE NKWIFURIJE KUZARWUBAKA UZABYARE HUNGU NA KOBWA.

FIFI yanditse ku itariki ya: 3-05-2021  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka