Amashirakinyoma ku nkuru ya Kaberuka na Marita yaririmbwe n’Impala (IKIGANIRO)

Iyumvire uko Orchestre Impala yahawe ikiraka kubera inkuru y’umusore wambuwe umukunzi na mugenzi we witwa Kaberuka, agahitamo kubishyira mu ndirimbo.

Kaberuka na Marita baririmbwa muri iyo ndirimbo babana nk'umugore n'umugabo, mu Karere ka Rutsiro. Ariko ntabwo bakunda kuvuga kuri aya makuru abavugwaho.
Kaberuka na Marita baririmbwa muri iyo ndirimbo babana nk’umugore n’umugabo, mu Karere ka Rutsiro. Ariko ntabwo bakunda kuvuga kuri aya makuru abavugwaho.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka