Abagura indirimbo muri Monster Records baburiwe
Muyoboke Alex yasabye imbabazi abakunzi b’Umuziki Nyarwanda, nyuma yo kugura indirimbo muri Studio itunganya umuziki ya Monster Records bagasanga yaribwe.
Muyoboke avuga ko inyikirizo y’indirimbo bise Tuza, yaririmbwe na Allioni afatanije na Bruce Melody bayiguze na Monster Records babwirwa ko ari umwimerere wabo.
Mu itangazo yashyize hanze kuri uyu wa gatanu, riravuga mu buryo burambuye uburyo baguze igihangano cy’abandi babeshywa ko ari umwimerere kandi cyaribwe, mu ndirimbo "will you Mary Me" y’ Umuhanzi T Sean.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|