Urukundo abakobwa bakunda Buravan rwagaragariye mu gitaramo cye (Video)
Umuhanzi Yvan Burabyo wamenyekanye ku izina rya Buravan, yamuritse Album ye ya mbere, ku wa Gatandatu tariki 1 Ukuboza 2018.
Ariko mu buryo butatunguranye, abakobwa nibo benshi bitabiriye iki gitaramo, bishimangira ko ari we muhanzi ukorera umuziki mu Rwanda ukunzwe n’abigitsinagore.
Muri rusange igitaramo cya Buravan cyaritabiriye ku rugero rwo hejuru, uhereranyije n’ibindi bitaramo byari bimaze iminsi biba. Ihere ijisho incamake ya video Kigali Today kuri iki gitaramo.
Irebere kandi uko Shaddy Boo yawukase mu gitaramo
Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Ni ukuri ikibero cya Dadyboo amabere ya Assinah nágatuza ka Bashabe byari byari ibicaantege byíminsi ya Nyuma igaragaza identinty ya Banyirabyo mu ijoro ry’’ibitaramo
Aba STARS n’inkumi,wagirango ni itegeko.Biraborohera kuko abakobwa benshi bakeka ko umu STAR aba ari umuntu udasanzwe.Bigatuma abakobwa bishyira abahungu,bakaryamana.Nubwo benshi mubyita ngo" bari mu rukundo",ntabwo ari byo kuko iyo amaze kuguhaga,araguta agafata undi.Ibyo se nibyo mwita urukundo?Ikirenze ibyo,bibabaza imana yacu itubuza gusambana.Yaduhaye sex kugirango twishimane gusa n’umuntu tuzarongorana officially.Soma Imigani 5,imirongo 15-20.Abantu bose bakora ibyo imana itubuza,ntabwo bazaba muli paradizo nkuko 1 Abakorinto 6,imirongo ya 9 na 10.Ntacyo bimaze kwishimisha mu nkumi,hanyuma mwembi mukazabura ubuzima bw’iteka muli paradizo.Abantu bumvira imana,nubwo nabo bapfa,bazazuka ku munsi w’imperuka.Byisomere muli Yohana 6:40.