‘Selfie’ hamwe n’abayobozi muri #YouthConnekt2022 (Amafoto)

Uburyo bwo kwifotoza buzwi nka ‘Selfie’ ni bumwe mu bukunze gukoreshwa n’abantu cyangwa umuntu ushaka kwifotora akoresheje camera cyangwa se telefone zigezweho zizwi nka smartphones.

Abiganjemo urubyiruko baherutse kwitabira inama ya YouthConnekt Africa, yabereye i Kigali mu Rwanda tariki 13 – 15 Ukwakira 2022, yiga ku buryo urubyiruko rwa Afurika rwabyaza umusaruro amahirwe rufite.

Muri iyi nama iba irimo n’ibikorwa by’imyidagaduro, ndetse abayitabiriye bakaba barahawe amahirwe yo kwifotozanya n’abayobozi batandukanye bayitabiriye. Aya ni amwe mu mafoto agaragaza bamwe muri urwo rubyiruko bahuje urugwiro n’abayobozi barimo Perezida Kagame na Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente.

Amafoto: Moise Niyonzima/Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Iman izabahoze kungoma

Hahirwabake simoni yanditse ku itariki ya: 31-10-2022  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka