Jay Polly agiye gukorera igitaramo i Dubai

Umuaperi Jay Polly arateganya gutaramira i Dubai mu nzu iberamo imyidagaduro yitwa Venom Deira ikunze kwidagaduriramo abantu bo muri Afurika y’Iburasirazuba baba bari i Dubai ku mpamvu z’ubucuruzi cyangwa se bagiye gutembera.

Jay Polly agiye gususurutsa abari i Dubai muri icyo gitaramo cyahawe izina rya East African Night kikaba giteganyijwe kuba kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Nzeri 2020.

Jay Polly amaze iminsi ari i Dubai aho yagiye kugura ibikoresho bya studio ye ashaka gutangiza. Ikipe ye imufasha mu kugura ibyo bikoresho ni na yo yamufashije gutegura icyo gitaramo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Igitaramo... ate se?

jo yanditse ku itariki ya: 16-09-2020  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka