Iserukiramuco rya Musanze ryari ibyishimo (Amafoto)
Yanditswe na
Jean Claude Umugwaneza
Iserukiramuco rya Musanze ryaranzwe no kwerekana ubugeni n’ubukorikori bukorerwa muri Musanze no mu Rwanda muri rusange.

Mani Martin na Yemba Voice
Iri serukiramuco ryarangiye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11 Ugushyingo 2017, ryasusurukijwe n’abahanzi; Mani Martin, Andy Bumuntu, Jules Sentore, Patrick Nyamitari na Yemba Voice yo ku Nyundo.
Umuhanzi Mani Martin yatangaje ko akomeje guterwa ishema n’uburyo umuziki w’umwimerere nyarwanda ukomeje kuba ishingiro ry’umuziki w’u Rwanda n’Abanyarwanda bakabasigaye bawuha agaciro.
Umwe mu bateguye iki gitaramo Sibomana Alexandre avuga ko iki gikorwa kizaba ngarukamwaka kugira ngo kirusheho kwerekana umuco w’umwimerere nyarwanda ndetse gikomeze gusabanya abanyarwanda.



Abantu bazimaniwe urwagwa

Uwabishakaga yirabaga ingondo


Andy Bumuntu aririmba







Jules Sentore-yashimishije abakunzi be bamusanga ku rubyiniro

Yari yatwawe
Ohereza igitekerezo
|