Iserukiramuco rya Musanze ryari ibyishimo (Amafoto)

Iserukiramuco rya Musanze ryaranzwe no kwerekana ubugeni n’ubukorikori bukorerwa muri Musanze no mu Rwanda muri rusange.

Mani Martin na Yemba Voice
Mani Martin na Yemba Voice

Iri serukiramuco ryarangiye kuri uyu wa gatandatu tariki ya 11 Ugushyingo 2017, ryasusurukijwe n’abahanzi; Mani Martin, Andy Bumuntu, Jules Sentore, Patrick Nyamitari na Yemba Voice yo ku Nyundo.

Umuhanzi Mani Martin yatangaje ko akomeje guterwa ishema n’uburyo umuziki w’umwimerere nyarwanda ukomeje kuba ishingiro ry’umuziki w’u Rwanda n’Abanyarwanda bakabasigaye bawuha agaciro.

Umwe mu bateguye iki gitaramo Sibomana Alexandre avuga ko iki gikorwa kizaba ngarukamwaka kugira ngo kirusheho kwerekana umuco w’umwimerere nyarwanda ndetse gikomeze gusabanya abanyarwanda.

Abantu bazimaniwe urwagwa
Abantu bazimaniwe urwagwa
Uwabishakaga yirabaga ingondo
Uwabishakaga yirabaga ingondo
Andy Bumuntu aririmba
Andy Bumuntu aririmba
Jules Sentore-yashimishije abakunzi be bamusanga ku rubyiniro
Jules Sentore-yashimishije abakunzi be bamusanga ku rubyiniro
Yari yatwawe
Yari yatwawe
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka